• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Habonetse impamvu yo kugumisha ingabo z’u muryango w’Abibumbye ku butaka bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
July 15, 2024
in Regional Politics
0
Habonetse impamvu yo kugumisha ingabo z’u muryango w’Abibumbye ku butaka bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Habonetse impamvu yo kugumisha ingabo z’u muryango w’Abibumbye ku butaka bwa RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyatangajwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho yavuze ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye zidashobora kuvanwa mubikorwa byo kubungabunga amahoro n’umutekano, muri Kivu y’Amajyaruguru mu gihe cyose ingabo z’u Rwanda ngo zizaba zitarava muri iy’i ntara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana ku wa Kabiri, iyi Guverinoma ya Kinshasa niho yavuze ko ibisabwa bitujujwe kugira ngo ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye buve muri iyo ntara, kandi minisitiri w’ubabanye n’amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yavuze ko kuvayo nubwo bikiri iby’ibanze , bigomba gukorwa mu buryo biteganijwe igihe ibisabwa byose bizaba byuzuye.

Mu kiganiro minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC yagiranye na Reuters ku wa Gatandatu, yagize ati: “Uko ibintu bimeze ubu no kuhaba kw’ingabo z’u Rwanda bituma bigorana cyane gutekereza kuri ibyo bintu ubungubu.”

Yakomeje agira ati: “Turakurikirana rero imihindagurukire y’ibintu kugirango tubone umwanya ubereye wo gutangira iki gikorwa.”

Bintou Keita, ukuriye ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo buzwi ku izina rya Monusco, yavuze ko nta gihe ntarengwa cyo gukurayo ingabo, cyari cyasabwe na perezida Félix Tshisekedi mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize.

Icyicaro cya mbere cyarangiye abashinzwe kubungabunga amahoro by’umuryango w’Abibumbye barangije kuva mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kuva burundu kwa Monusco yatangiye inshingano zo ku bungabunga amahoro muri RDC mu 2010, kugeza ubu ikaba ibarirwa ingabo zigera ku 10.800, bizahindura ibikorwa by’umutekano mu Burasirazuba bwiki gihugu.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC yavuze kandi ko ingamba za RDC mu rwego rwo gukangurira amahanga kumenya uruhare rw’u Rwanda mu ntambara iki gihugu gihanganyemo na M23 rutangiye kwera imbuto, anagaragaza ko bizeye ko ibihano bizashyirwaho nk’i gisubizo.

Yagize ati: “Ubu ho ntidushidikanya kuko abatumva bari kugenda barushyaho gusobanukirwa.”

Hagati aho intambara ibera muri Kivu y’Amajyaruguru imaze imyaka itatu, hari uguhangana hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Muri iyi ntambara Congo ishinja u Rwanda gutera inkunga uyu mutwe wa M23, ibyo u Rwanda ruhakana rukavuga ko nta nyungu rubifitemo. Gusa raporo y’impuguke z’u muryango w’Abibumbye iheruka kuja hanze yemeje ko u Rwanda rufite hagati ya basirikare 3000 na 4000 bari muri iki gihugu.

Ibi u Rwanda rurabihakana, kandi rwakunze gushinja RDC gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu 1994.

                 MCN.
Tags: ImpamvuIyigumisha muri RDCMonusco
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu Rwanda komisiyo ishinzwe amatora yaraye itangaje amajwi y’agateganyo, abatsinzwe bashimira kandida Paul Kagame wegukanye intsinzi ku majwi ari hejuru cyane.

Mu Rwanda komisiyo ishinzwe amatora yaraye itangaje amajwi y'agateganyo, abatsinzwe bashimira kandida Paul Kagame wegukanye intsinzi ku majwi ari hejuru cyane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?