• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Habonetse impamvu yo kugumisha ingabo z’u muryango w’Abibumbye ku butaka bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
July 15, 2024
in Regional Politics
0
Habonetse impamvu yo kugumisha ingabo z’u muryango w’Abibumbye ku butaka bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Habonetse impamvu yo kugumisha ingabo z’u muryango w’Abibumbye ku butaka bwa RDC.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

N’ibyatangajwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho yavuze ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye zidashobora kuvanwa mubikorwa byo kubungabunga amahoro n’umutekano, muri Kivu y’Amajyaruguru mu gihe cyose ingabo z’u Rwanda ngo zizaba zitarava muri iy’i ntara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana ku wa Kabiri, iyi Guverinoma ya Kinshasa niho yavuze ko ibisabwa bitujujwe kugira ngo ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye buve muri iyo ntara, kandi minisitiri w’ubabanye n’amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yavuze ko kuvayo nubwo bikiri iby’ibanze , bigomba gukorwa mu buryo biteganijwe igihe ibisabwa byose bizaba byuzuye.

Mu kiganiro minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC yagiranye na Reuters ku wa Gatandatu, yagize ati: “Uko ibintu bimeze ubu no kuhaba kw’ingabo z’u Rwanda bituma bigorana cyane gutekereza kuri ibyo bintu ubungubu.”

Yakomeje agira ati: “Turakurikirana rero imihindagurukire y’ibintu kugirango tubone umwanya ubereye wo gutangira iki gikorwa.”

Bintou Keita, ukuriye ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo buzwi ku izina rya Monusco, yavuze ko nta gihe ntarengwa cyo gukurayo ingabo, cyari cyasabwe na perezida Félix Tshisekedi mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize.

Icyicaro cya mbere cyarangiye abashinzwe kubungabunga amahoro by’umuryango w’Abibumbye barangije kuva mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kuva burundu kwa Monusco yatangiye inshingano zo ku bungabunga amahoro muri RDC mu 2010, kugeza ubu ikaba ibarirwa ingabo zigera ku 10.800, bizahindura ibikorwa by’umutekano mu Burasirazuba bwiki gihugu.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC yavuze kandi ko ingamba za RDC mu rwego rwo gukangurira amahanga kumenya uruhare rw’u Rwanda mu ntambara iki gihugu gihanganyemo na M23 rutangiye kwera imbuto, anagaragaza ko bizeye ko ibihano bizashyirwaho nk’i gisubizo.

Yagize ati: “Ubu ho ntidushidikanya kuko abatumva bari kugenda barushyaho gusobanukirwa.”

Hagati aho intambara ibera muri Kivu y’Amajyaruguru imaze imyaka itatu, hari uguhangana hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Muri iyi ntambara Congo ishinja u Rwanda gutera inkunga uyu mutwe wa M23, ibyo u Rwanda ruhakana rukavuga ko nta nyungu rubifitemo. Gusa raporo y’impuguke z’u muryango w’Abibumbye iheruka kuja hanze yemeje ko u Rwanda rufite hagati ya basirikare 3000 na 4000 bari muri iki gihugu.

Ibi u Rwanda rurabihakana, kandi rwakunze gushinja RDC gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu 1994.

                 MCN.
Tags: ImpamvuIyigumisha muri RDCMonusco
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Mu Rwanda komisiyo ishinzwe amatora yaraye itangaje amajwi y’agateganyo, abatsinzwe bashimira kandida Paul Kagame wegukanye intsinzi ku majwi ari hejuru cyane.

Mu Rwanda komisiyo ishinzwe amatora yaraye itangaje amajwi y'agateganyo, abatsinzwe bashimira kandida Paul Kagame wegukanye intsinzi ku majwi ari hejuru cyane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?