
Umupaka wa Kamanyora na Bugarama, bizajya bifungwa nasaa icumi nazibiri zuzuye(18h), zumugoroba.
Abayobozi bumupaka Kamanyora iri muri Territory ya Warungu muntara ya Kivu yamajyepho, Bugarama ikaba kuruhande rw’Urwanda , abayobozi b’Impande zombi bemezanije ko bagomba kuzajya bafunga ayo masaha kumpamvu zamakimbirane arihagati y’ibihugu byombi.
Bikaba byaraturutse kunama yabahuje ubwo bigaga ikibazo c’ubujura bwa kozwe na banye Congo, kuri caisse Général d’épargne du Congo (CODECO).
Uyumupaka wa Kamanyora ni nawo abasirikare ba FARDC baheruka kwambukiraho b’injira muri No Mans Land, baherako barasa ahara basirikare bw’Urwanda, bivugwa ko abambutse barihagati 12 na 14, inkuru dukesha ibinyamakuru by’Urwanda.
Mwitangazo ry’umuyobozi w’umupaka , Dismas Kashongwe, rivuga ko “Iki cemezo cafashwe murwego rwogukumira ibibazo birihagati y’ibihugu byombi (Rwanda and Congo), akomeza avuga ko hagiye gushimangirwa ingamba zihamye zizashakira umutekano mwiza uyu mupaka.”
Iki cemezo kikaba kireba abacuruzi nabambuka imipaka, Polici nayo igashimangira ko izahana buriwese uzatatira iki cemezo.