• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hafsa wa Muammar Gaddafi yarekuwe nyuma y’uko yaramaze igihe afunzwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 11, 2025
in World News
0
Hafsa wa Muammar Gaddafi yarekuwe nyuma y’uko yaramaze igihe afunzwe
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hafsa wa Muammar Gaddafi yarekuwe nyuma y’uko yaramaze igihe afunzwe

You might also like

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

Kuri uyu wa Mbere, ubuyobozi bw’igihugu cya Liban bwarekuye Hannibal Gaddafi, umuhungu wa nyakwigendera Moammar Gaddafi wahoze ayobora Libya, nyuma yo kumara imyaka 10 afunzwe.

Nk’uko byemejwe n’inzego z’umutekano ndetse n’umwe mu bagize itsinda ry’abamwunganira mu mategeko, Hannibal yarekuwe nyuma yo gutanga ingurane ingana na900,000. Yari afunzwe akekwaho kugira uruhare mu guhisha amakuru ku buryo umuyobozi w’idini ry’Abashia muri Liban, Imam Moussa al-Sadr, yabuze mu 1978 ubwo yari muri Libya.

Hannibal Gaddafi yari yafashwe mu 2015, ubwo yashimutwaga muri Syria akajyanwa muri Liban, aho yaje gufungwa n’ubutabera bushinja ubufatanyacyaha mu ibura rya al-Sadr.

Irekurwa rye rije mu gihe igihugu cya Libya ndetse n’abayoboke ba Gaddafi bakomeje gusaba ko arekurwa, bavuga ko afunzwe binyuranyije n’amategeko kandi ko nta ruhare afite mu byabaye.

Ibura rya Imam Moussa al-Sadr rikomeje kuba ikibazo gikomeye mu mubano wa Libya na Liban, ndetse riri mu byahanganishije ibihugu byombi.

Tags: HafsaMuammar Gaddafi
Share28Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi Perezida w’igihugu cya Israel, Isaac Herzog, yageze i Kinshasa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11/11/2025, mu ruzinduko...

Read moreDetails

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka Mu murwa mukuru wa Pakistan, Islamabad, habaye iturika rikomeye ryibisasu ryahitanye abantu 12, abandi 20 barakomereka, nk’uko...

Read moreDetails

Nicolas Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa yasabye kurekurwa

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Nicolas Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa yasabye kurekurwa

Nicolas Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa yasabye kurekurwa Urukiko rw’i Paris rurateganya kwakira ubusabe bwa Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida w’u Bufaransa, wifuza kurekurwa by’agateganyo mu gihe...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi, FARDC na Wazalendo ziregwa kunyaga Inka z’Abanyamulenge mu misozi y’i Mulenge

Ingabo z’u Burundi, FARDC na Wazalendo ziregwa kunyaga Inka z’Abanyamulenge mu misozi y'i Mulenge

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?