• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hagaragajwe ibibazo bigikomeje kuba ingorabahizi mu Minembwe nubwo bafite umutekano mwiza.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2025
in Conflict & Security
0
Hagaragajwe ibibazo bigikomeje kuba ingorabahizi mu Minembwe nubwo bafite umutekano mwiza.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ibibazo bigikomeje kuba ingorabahizi mu Minembwe nubwo bafite umutekano mwiza

You might also like

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Mu Minembwe ahazwi cyane nk’umurwa mukuru w’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kubura umunyu, isabune, amavuta na Carbila biracyakomeje kubera abaturage ikibazo gikomeye.

Minembwe ni komine, ahanini ituwe n’Abanyamulenge, abashi bake n’Abapfulero ndetse n’Abanyindu.

Izwiho kuba yibitseho ubutaka bwera cyane ku bihingwa birimo ibigori, ibishimbo, ibirayi n’ibindi. Usibye ubuhinzi, izwiho kandi ubworozi bw’inka n’andi matungo magufi.

Ku ya 21/02/2025, Twirwaneho yafashe iki gice cya Minembwe, nyuma y’aho icyirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Congo ririmo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo.

Kuva icyo gihe Minembwe ibohojwe na Twirwaneho inzira zayihuzaga n’ibindi bice bizwi kuba bituwe n’Ababembe, ari nabyo byaturukagamo ibicuruzwa byarafunze.

Inzira yo kwa Mulima iyihuza na Fizi ku i zone yahise ifunga, ndetse kandi n’inzira ya Bijombo, iyihuza na Uvira nayo irafunga. Kuko Bijombo irimo ingabo za Congo iz’u Burundi na FDLR ndetse na Wazalendo.

Ubundi kandi n’inzira y’ikirere iyihuza na Bukavu irahagarara.

Muri ubwo buryo ibyashara bijanye n’umunyu, amavuta, n’amasabune ndetse na Carbila birabura.

Umwe mu Banyamulenge uherereye mu Minembwe yabwiye Minembwe Capital News ko icyo kibazo kibagoye cyane.

Mu butumwa yaduhaye yagize ati: “Tubuze isabune, amavuta n’umunyu. Naho kubera Carbila, rwose iminara y’itumanaho ntigikora. Hari mukuba aho iharagarara iminsi irindwi yose, nta tumanaho dufite.”

Yavuze ko itumanaho rya Vodacom na Airtel, ariryo bakoreshaga mu Minembwe, kandi ko Airtel ariyo yakoraga neza kurusha Vodacom nubwo Vodacom ariyo yahabanje, ariko kubera ibura rya Carbila byose bihagaze.

Kurundi ruhande, agaragaza ko ku bijyanye n’umutekano mu Minembwe bihagaze neza, nubwo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa RDC zikigaba ibitero mu mihana iherereye mu nkengero za centre ya Minembwe.

Ariko ko Abanyamulenge batembera bisanzuye, bitandukanye n’igihe iki gice cyagenzurwaga n’iri huriro ry’ingabo za Congo n’iz’u Burundi.

Icyo gihe uwahurirana n’izi ngabo mu gacikane, yaricwaga, aticwa akanyagwa ibye.

Ati: “Ubuho dufite umutekano wose. Turatembera amasaha yose dushakira. Bitari nka cyagihe twari dusigaye twicwa nk’ihene.”

Hagataho, ahari amahoro n’ituze kubijyanye n’ubwisanzure bw’abaturage, bigaragara mu duce tugenzurwa na Twirwaneho na M23, ubwo ni mu Minembwe, Mikenke na Rurambo n’ahandi.

Ariko nk’ibice bikigenzurwa n’ingabo za Leta byo muri iki gice cy’i Mulenge, nk’i Ndondo ya Bijombo na Bibogobogo, abaturage baracicwa kandi bakanyagwa. Ubundi kandi ntibagira uburenganzira bwo gutemberera aho baba bashaka hose, ahanini ibyo biba gusa ku Banyamulenge.

Tags: IsabuneItumanahoMinembweUmunyu
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

Kivu y'Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n'Abana Babiri Mu gihe imirwano ikomeje gukomera mu bice byegereye umupaka wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi, abaturage...

Read moreDetails

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Bisimwa yemeje ko batifuza kongera kwinjizwa mu ngabo zatsinzwe, ahubwo bashyize imbere kubaka ingabo nshya z’igihugu

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y'Amajyepfo Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryatangaje ko ku wa gatatu tariki ya 03/12/2025, habaye inama ikomeye yabereye...

Read moreDetails

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika Amakuru yizewe agera kuri Minembwe Capital News kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/12/2025,...

Read moreDetails

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y’i Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Luvungi Yafashwe: Imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC, imirambo y’ingabo z’u Burundi isigara ku rugamba

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y'i Kibaya cya Rusizi Imirwano ikaze yongeye kubura ku misozi ya Munanira, hafi...

Read moreDetails

Mu kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byongeye gutera impagarara mu kibaya cya Rusizi: Abasivili barimo gupfa, Luvungi na Katogota mu kaga.

Mu Kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana Mu gihe mu Kibaya cya Rusizi muri teritwari ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hari hamaze kuboneka agahenge gake,...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yaburiye FARDC n’abambari bayo ku bitero ikomeje kugaba mu Minembwe n’i Walikale.

RDC ikomeje kunaniza AFC/M23 ku bijyanye n'ibiganiro bya Qatar.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?