Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hagaragajwe ibihugu icumi bifite abaturage bafite igipimo cy’u bwenge buri hejuru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 23, 2024
in Uncategorized
0
Hagaragajwe ibihugu icumi bifite abaturage bafite igipimo cy’u bwenge buri hejuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ibihugu icumi bifite abaturage bafite igipimo cy’u bwenge buri hejuru.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Bikubiye mu byatangajwe n’urubuga rwa Africa Businessinsider, aho ruvuga ko imitekerereze ya muntu yo gusuzuma ubwenge itagarukira ku murongo w’umuntu bwite ahubwo igera no ku rwego rw’igihugu hakarebwa uko abaturage bacyo bahagaze.

Ibiri muri iyi nkuru, bigaragaza ko iyo uhuye n’inshuti yawe cyangwa byenda umuryango wawe mukagirana ibiganiro akenshi ubumva arasesengura cyangwa ukaba wagereranya, ku buryo ubyumva amenya ngo ubwenge bw’uyu buri hejuru cyangwa buri hasi.

Ariko uru rubuga rwavuze ko iryo gereranya ridahagije ngo hamenyekanye igipimo cy’ubwenge umuntu afite, keretse iyo habayeho kubupima hakoreshejwe ibikoresho byabugenewe.

Ni muri urwego rwego, ibihugu bimwe na bimwe bifatwa nk’aho bifite ibipimo byo hejuru, bitandukanye by’imibereho n’uburezi.

Ubwenge busuzumwa kenshi binyuze mu bizamini bya IQ(ubwenge bwa quotient), bigamije gupima ubushobozi butandakanye bwo kumenya harimo gukemura ibibazo no gusobanukirwa.

Igipimo cya IQ gisanzwe gishyirwa kuri 100 kubizamini byinshi. Ariko amanota menshi cyangwa yo hasi yerekana ubushobozi bwo hejuru cyangwa buke mu kumenya.

Hano berekanye ibihugu icumi bya mbere byo muri Afrika bifite abaturage bafite igipimo cy’u bwenge buri hejuru kurusha ibindi.

Tags: AfrikaBifite abaturage bafite igipimo cy'u bwenge buri hejuruIbihugu icumi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Former McZonal's Employee Earns IDR 27 Trillion from Crypto Business

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?