Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hagaragajwe inzitizi zikomeye mu birego RDC yareze u Rwanda mu rukiko rwa EACJ.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 27, 2024
in Uncategorized
0
Hagaragajwe inzitizi zikomeye mu birego RDC yareze u Rwanda mu rukiko rwa EACJ.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe inzitizi zikomeye mu birego RDC yareze u Rwanda mu rukiko rwa EACJ.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Urukiko rw’umuryango wa Afrika y’i Burasirazuba, ruri mu gihugu cya Tanzania (EACJ), kuri uyu wa Kane tariki ya 26/09/2024, rwatangiye kumva ikirego Repubulika ya demokarasi ya Congo iregamo u Rwanda, narwo ruza kugaragaza inzitizi.

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yareze u Rwanda ku renga ku masezerano ya EAC, irushinja kugira uruhare runini mu mutekano muke uri mu Burasirazuba bw’iki gihugu cyabo. Ikindi n’uko ishinja u Rwanda gukorera ibyaha bikomeye ku butaka bw’iki gihugu, kuvogera ubusugire bwacyo n’ibindi bihonyora uburenganzira bwa muntu.

Muri uru rubanza, RDC yari ihagarariwe na Elisha Ongoya. U Rwanda rwo rwari ruhagarariwe na Me. Emile Ntwali.

Mu iburanisha u Rwanda rwagaragaje inzitizi z’uko uru rukiko rw’umuryango wa Afrika y’i Burasirazuba, EACJ rudafite ububasha bwo kuruburanisha kuko ‘ibirego RDC yazamuye byakozwe itaraba umunyamuryango.’

U Rwanda kandi rwagaragaje ko RDC yatanze iki kirego mu nyandiko zanditse mu rurimi rw’igifaransa n’Ilingala aho kuba mu cyongereza nk’ururimi rwemewe gukoreshwa muri EACJ.

Nyuma yuko urukiko rwari rumaze kumva impande zombi, inteko yasezeranyije ko izatangaza inzitizi zatanzwe n’u Rwanda niba zifite ishingiro.

           MCN.
Tags: EacjIbiregoU Rwanda
Share34Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya ku by’icyorezo cya Marburg cyamaze kugera mu gihugu kimwe cyo muri EAC.

Byinshi wa menya ku by'icyorezo cya Marburg cyamaze kugera mu gihugu kimwe cyo muri EAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?