Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe ko Abanyekongo bize n’abatarize batizera kimwe ku ngamba zifatwa na perezida Félix Tshisekedi zo kurwanya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 2, 2024
in Regional Politics
0
Hagaragajwe ko Abanyekongo bize n’abatarize batizera kimwe ku ngamba zifatwa na perezida Félix Tshisekedi zo kurwanya M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ko Abanyekongo bize n’abatarize batizera kimwe ku ngamba zifatwa na perezida Félix Tshisekedi zo kurwanya M23.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni bikubiye mu butumwa bwatanzwe n’abashakashatsi b’ikigo mpuzamahanga cya Berci, Ebuleti na Gec (Congo study group) cyo muri Kaminuza ya New York ho muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ubwo butumwa bwatanzwe n’iki kigo cyabashakashatsi bugaragaza neza ko Abanyekongo 54% batizera ingamba Tshisekedi Tshilombo afata zo ku rwanya umutwe wa M23.

Intambara igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, (FARDC) kirimo yo kurwanya M23, cyayitangiye ahagana mu mpera z’u mwaka w’ 2021. Kuri ubu uyu mutwe wa M23 kirwanya uragenzura igice kinini cyo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iherereye mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Iyi ntambara ikaba yarubuye mu gihe perezida Félix Tshisekedi yari amaze amezi atandatu ashize iyi Ntara ya Kivu Yaruguru na Ituri mu bihe bidasanzwe, agamije kugarura byibuze umutekano muri izi Ntara, binyuze mu gutsinsura imitwe y’itwaje imbunda.

Muri ubu bushakashatsi aba bukoze bavuga ko Abanyekongo bagera ku 1.788 babajijwe muri uyu mwaka w’ 2024, basubije ko nta cyizere bafitiye perezida Félix Tshisekedi mu byemezo afata byo kurwanya M23.

Bamwe muribo basubije bagaragaje ko icyizere bafitiye Tshisekedi kingana na 3% , abandi bavuga ko icyizere bamufitiye kingana na 48% harimo n’abandi bavuze ko icyizere bamufitiye kingana na 49% abandi barifata banga gusubiza.

Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko Abanyekongo 55% batuye mu mijyi bagaragaje ko badafitiye icyizere icyerekezo Tshisekedi afata ku kurwanya m23, mu gihe abandi bo mu cyaro bafite icyizere kingana na 55,94%.

Abize mu mashuri yisumbuye na kaminuza bagera kuri 49% bagaragaje ko badafitiye Tshisekedi icyizere, mu gihe abatarize mu mashuri yisumbuye bo bagera kuri 65% bagaragaje ko bamufitiye icyizere.

               MCN.
Tags: AbanyekongoAbize n'abatarizeBamufitiyeIcyizereKu rwanya M23Perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yishongoye kuri mugenzi we, Donald Trump uheruka guhamwa n’ibyaha 34.

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z'Amerika, Joe Biden, yishongoye kuri mugenzi we, Donald Trump uheruka guhamwa n'ibyaha 34.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?