Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hagaragaye Inzandiko Zanditswe Numuryango Wabugufi Wanyakwigendera Bonheur Muragwa Sekunzi, Zirimo Zirega Abishe Nyakwigendera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibi nibyakuwe mwibagwa yanditswe numuryango wa bugufi wa Nyakwigendera Bonheur Muragwa Sekunzi, uheruka kwitaba Imana ubwo yarafungiwe i Kinshasa, bakaba barandikiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ahanini bamenyeshaga abakora mubutungane.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nibagwa ndende yanditse mururimi rwigifaransa tuyihindura mururimi Rw’ikinyamulenge.

Bagize bati:

“C.P.I,

  • Nyakubahwa umukuru w’Urukiko rukuru rwagisirikare.
  • Umushinjacyaha mukuru, w’urukiko rwa Bukavu.
  • Amashirahamwe arengera agateka kazina muntu kw’isi hose.

-Kuri nyakubahwa minisitiri w’ubutabera akaba numubitsi wicemezo gihanisha muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.”

Itengo: “Gusabisha kuburanisha abagize uruhare mwiyicwa rya Muragwa Sekunzi Zakarias Bonheur ndetse nibura ry’umurambo wuwahohotewe.”

“Mwishira mubikorwa ryamategeko y’igihugu ca RDC rya 16,17,18 na 19 ryashyizweho tariki 18/02/2006, rigashirwaho umukono uwo munsi nanone, twebwe abavandimwe bohafi na nyakwigendera Muragwa Sekunzi Zakarias Bonheur, twashatse kubamenyesha ibi bikurikira:”

“Taliki 05/02/2021, nibwo Muragwa, yakorewe ihohoterwa ridafite ico rishingiyeho! rikorwa nabakozi ba leta, Muragwa Sekunzi Zakarias Bonheur umuturage womubwoko bwab’Anyamulenge, yahagaritswe kukibuga c’indege cya Minembwe, nta mpamvu nimwe nimugihe yerekezaga kubitaro kuvugwa i Bukavu, ahagarikwa na Col Alexis Rugabisha, umukuru w’ungirije uyoboye brigade ya 12, ikaba ari brigade ishinzwe ubutabazi bwihuse. Hanyuma uwafunzwe buzira impamvu ntiyabwibwa impamvu yatumye ahagarikwa! we yari yerekeje kuja kuvugwa.
Ibirego yashinjwa ga ntibayari bifite ibimenyetso. Iki babaje ntiyahawe akanya kokongera kubonana nu muryango we, yaje kwisanga yoherejwe muburyo budasobanutse mwibohero rikuru rya Ndolo, i Kinshasa. Kure yaho ubutabera bwe bw’ibanze bwari buri.”

“Umuryango muto utuye Kinshasa niwo waje kuzana inzandiko zivugako uwahohotewe ubuzira impamvu yasanganywe indwara ya diyabete.Nanone kandi ntiyahabwa uburyo bwo kugirango yitabweho nkumurwayi wa diyabete bituma iyo ntambara yarimo irangwa nihohoterwa ndetse no gufatwa nkinyamanswa imuviramo urupfu.“

“Akaba nanone yararangije igihe cye kitaragera kumyaka 42 agenda ubutagaruka akaba yarishwe kubushake bwa bashakaga ko atabaho ubwo hari tariki 05/09/2022 saa moya niminota 25.”

“Kuzira ubusa, koherezwa,nogufatwa nabi bigaragaza ko habayeho kutubahiraza uburenganzira bwa muntu.”

“Nyuma yokubona ko ibyo bakoze bidahagije, bahisemo nogufata umurambo wa nyakwigendera wari muri moroge mubitaro bikuru bya gisirikare i Kinshasa, barawuhisha.”

“Ureba umuryango wa bugufi i Kinshasa, yarahangayitse cyane birangira atabonye Umurambo wa Nyakwigendera wari muri pilizo ya Ndolo. Uyu murambo waje gushingurwa mu buryo butazwi haba ku muryango we wari hafaho ndetse nu m’upfakazi warumaze gusigwa n’a Nyakwigendera. Icyo cyabaye igitondo kibishe cyo kw’itariki 15/09/2022, nyuma yo kwishyura amafaranga yarasabwa aho nyakwigendera yari arwariye, ubuyobozi bukuru bwa gisirikare bwahise butegeka abasirikare ba FARDC kwerekeza mu Minembwe baja gutwara umurambo ahantu hatabashe kumenyekana. Gusa iryo tegeko ryaje riturutse kuba Generari babiri(2), bo muri zone de défense ya kabiri ni yagatatu.”

“Hazamo nibigaragaza ko umusirikare wa FARDC ufite iranka rya captain, yakoze video dufite kuri none igaragaza igihe barimo bashingura nyakwigendera.”

“Izikwa rigaragaza agashinyaguro, video yatugezeho iciye ku mirongo ya Youtube: https://youtu.be/1BiQSw4eL3w , ifite izina riri mukinyamurenge yitwa “MENYUKURI RADIO &TV,” iyo video ikaba iheruka kuzimwa numuntu utuye USA ariwe MEREWENEZA Tharcisse Alias Rutikanga. Kubera izihe nyungu nomubuhe buryo, umuntu utuye USA gute afata iyo video? Ariko reka uwo mwanda tuwurekere ministeri rusange.”

“Abazi indo nindo akaba arinabo bafite ukuri gusesuye kwaka kababaro bavugako Muragwa Sekunzi Zakarias Bonheur yapfuye urupfu ruteguwe kandi benshi bagizemo uruhare byatumye habaho gutinda kumukorera ubutabera.”

“Uru rwandiko rugaragaza akababaro kurupfu rwa nyakwigendera Bonheur wishwe ntampamvu kandi agapfa urupfu rubi kuva ya fungwa,akoherezwa akana hagarikwa. kubwizo mpamvu minisitiri w’ubutabera akaba numubitsi wibyemezo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, binyuze mwinjwi ry’ibyuma cyangwa bwa email kubera impamvu z’umutekano wacu kandi ategeke ko haba gukurikirana urubanza byihuse kandi bifite intego bikaba vuba. Abakoze ibyo bikorwa bibi byu bunyamanswa bagahanwa kubwibyo bakoze.”
“Hanyuma akanategekako umurambo wa nyakwigendera wa hohotewe wahabwa umuryango we ugasezererwa.”

“Twizera neza ko tuzabona ibisubizo byiza byubusabe bwacu, tukaba tugusaba yewe nyakubahwa minisitiri w’ubutabera akaba numubitsi wibyemezo bya leta kwakira iyi ndamukanyo yacu idasanzwe.”

Izi mpapuro zikaba zirikumwe niyi baruwa:

1 Urupapuro rwo kwamugaganga rugaragaza ko nyakwigendera yari arwaye diyabete

  1. Urupapuro rwibikorwa bya nyakwigendera.
  2. Urupapuro rwemeza urupfu rwa nyakwigendera.
  3. Urupapuro rwemeza ububiko bwa nyakwigendera ‘
  4. Nicyemezo coguhisha umubiri wanyakwigendera hakoreshejwe indege.

Mw’izina ry’umuryango wa nyakwigendera:

Bisenga Edmond.

Tags: AbamwisheBonheur Muragwa SekunziInzandikoNyakwigenderaZirega
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abantu Bane(4), Nibo Baguye Mugitero Cyagabwe Mugace Ka Mabendu Homuri Ituri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?