Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hahishuwe ibindi byimbitse ku rugamba rwabaye uyu munsi muri teritware ya Masisi na Nyiragongo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 10, 2024
in Regional Politics
0
Hahishuwe ibindi byimbitse ku rugamba rwabaye uyu munsi muri teritware ya Masisi na Nyiragongo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu ntambara ya baye none ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hamenyekanye ibindi byimbitse kuri iyo mirwano yabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10/02/2024.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni mirwano yabereye mu bice byo muri teritware ya Masisi na Nyiragongo ndetse na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uruhande rwo muri axe ya Nyiragongo, M23 ya hanganye n’Ingabo za SADC zirimo abavuye mu gihugu cya Malawi na Tanzania, aho bya vuzwe ko ingabo za Batanzia zakoresheje imbunda ziremereye zirimo izitwa Saba Saba n’izirasa ibisasu bya 122 MM, birasirwa hejuru y’imodoka. Uru rugamba rwa huje M23 n’ingabo za Tnzania bavanze n’aba Malawi, rwa bereye Kanyamahoro no mu Kibaya cya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo, mu ntera y’ibirometre 20 n’u Mujyi wa Goma.

Umwe mu baturage baturiye teritware ya Masisi, Justin, yahamirije Minembwe Capital News ko intambara ya none yahereye igihe cy’urukerera, igeza igihe c’isaha z’u mugoroba wa joro.

Ay’amakuru akomeza avuga ko M23 yigije inyuma ingabo za Tanzania n’aba Malawi, aho agace ka Kanyamahoro, igice kimwe kuri ubu kiragenzurwa na M23 ikindi kirimo ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Iy’i mirwano kandi yabereye mu gace ka Nyundo na Ruhundo, aho byavuzwe ko haguye ingabo z’abamalawi ninshi.

Muri axe ya Masisi, imirwano ya bereye Mweso, Gatsiro no mu nkengero za Nyanzare, ifite igice kinini cyo muri teritware ya Rutsuru.

MCN yabwiwe ko muri axe ya Masisi, M23 yigaruriye ibice birimo Gatsiro n’ibindi bice biherereye muri Grupema ya Bukombo, ari naho Gatsiro iherereye.

Abaturage benshi bahunze iy’i mirwano bahungira muduce duherereye Nyanzare, nka hitwa ki Kiku, Mirangi, Birundule, Kabirangiriro, n’ahandi.

Bruce Bahanda.

Tags: HahishuweIbyimbitseK'u rugambaMasisiNyiragongoRwabaye none
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Depite Justin Bitakwira, uzwiho kurema amacyakubiri mu Banyekongo, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Depite Justin Bitakwira, uzwiho kurema amacyakubiri mu Banyekongo, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?