• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hahishuwe uburyo Abanyakagara batangiye gukora mu buryo bwa “mayobera” ya satani.

minebwenews by minebwenews
May 17, 2025
in Conflict & Security
0
Hahishuwe uburyo Abanyakagara batangiye gukora mu buryo bwa “mayobera” ya satani.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hahishuwe uburyo Abanyakagara batangiye gukora mu buryo bwa “mayobera” ya satani.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Nyuma y’aho abo mugatsiko k’Abanyakagara gasanzwe gakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa kanditse inyandiko z’ibihimbano kakazikwirakwiza ku mbugankoranyambaga, ziyitiriye umuryango wa Mahoro Peace Association, uyu muryango waje kubibeshyuza unasaba abantu kubitesha agaciro.

Mu minsi ibiri ishize ni bwo bamwe bo mu kagara bafunguye Konti ya x, biyitirira urubuga rwa MPA, maze bayishyiraho ubutumwa bugira buti: “Umuryango wa Mahoro Peace Association twamaganye ubwicanyi bukomeje gukorerwa Abanyamulenge mu bice bigenzurwa na M23.”

Ni ubutumwa bwagaragaje ko aba Banyakagara bashaka kurema amaharakubiri hagati y’Abanyamulenge n’ingabo za M23 zibarwanirira.

Uyu mutwe wubuye imirwano mu mpera z’u mwaka wa 2021 kubera ubwicanyi Leta y’i Kinshasa iyo Abanyakagara bakorera yari ikomeje ubwicanyi ku Banyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ubwicanyi amateka agaragaza ko bwatangiye kubakorerwa kuva mu mwaka wa 1964, ariko buza gufata indi ntera mu mwaka wa 2017 kugeza n’ubu kuko ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatanu hari abandi Banyamulenge biciwe mu biraro bishwe n’izi ngabo za Leta ya Congo zifatanyije n’iz’u Burundi.

Buriya butumwa umuryango wa Mahoro Peace Association waje kubunyomoza kandi usaba ababubonye ku butesha agaciro.

Bagize bati: “Turabeshyuza ubutumwa bwanditswe n’inkozi z’ibibi, ziyitiriye urubuga rwa MPA kuri x yahoze yitwa Twitter.”

Bongeye ati: “Turi mu ntambara y’ubuvugizi ku bwicanyi dukorerwa na Leta ya Congo na bo bafatanyije gukoresha igisa n’urubuga rwa Mahoro (MPA) mu kuyobya abadukurikira. Ibyo banditse nta bwo biri ku rubuga rwacu mu biteshe agaciro.”

Mahoro Peace Association ni umuryango ugizwe n’Abanyamulenge baba muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Uyobowe na Adele Kibasumba, mu busanzwe uyu muryango ufasha Abanyamulenge bakuwe mubyabo kubera intambara mu Minembwe n’ahandi. Babafasha ibirimo amafu, imboga n’amafu y’ibikoma kubera batakibona amata nka mbere nyuma y’aho FARDC n’abambari bayo banyaze Inka zabo ibihumbi amagana.

Uyu muryango watangiye gufasha Abanyamulenge i Mulenge, kuva mu mwaka wa 2017, kugeza n’uyu munsi urabafasha.

Mu gihe Akagara ko bizwi ko ari agatsiko kagizwe n’Abanyamulenge barwanya ababo. Binazwi ko gakoreshwa n’umusirikare uyoboye zone ya gatatu y’ingabo za Congo, nk’uko zimwe mu mbugankoranyambaga zikoreshwa n’Abanyamulenge zikunze kubitangaza.

Rumwe muri izo mbuga, rukorera kuri Facebook rwitwa Kivu New, rwanditse rubyamagana rugira ruti: “Hariho Fake news yakozwe na Gen Masunzu Pacifique. Uyu yaje ari bindi bindi mu bwoko bwabo Abanyamulenge.”

Rwakomeje rugaragaza ko yaje aje kubarimbura. Kandi ko ari we ukuriye Akagara.

Ati: “Yiyitirira abantu akandika ibihimbano. Turamwamaganye. Ari gukora mu buryo bwamayobera ya satani.”

Si umuryango wa Mahoro Peace Association biyitiriye gusa, kuko kandi abakora izo nyandiko baniyitiriye Adele Kibasumba umuyobozi mukuru w’uyu muryango bandika bamagana umutwe wa M23, ariko ibi uyu muyobozi yaje kubitesha agaciro agaragaza ko byakozwe n’inkozi z’ibibi.

Tags: Adele KibasumbaAkagaraAmayoberaMPASatani
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Rev-Mudaheranwa Fidel, yabwirije hejuru y’ubwenge buboneye.

Rev-Mudaheranwa Fidel, yabwirije hejuru y'ubwenge buboneye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?