• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hahishuwe uko ubuyobozi bw’Ingabo za RDC n’imbonerakure z’u Burundi bwacuze umugambi wo gutsemba Abatutsi mu Burasirazuba bwa Congo.

minebwenews by minebwenews
April 21, 2024
in Regional Politics
0
Hahishuwe uko ubuyobozi bw’Ingabo za RDC n’imbonerakure z’u Burundi bwacuze umugambi wo gutsemba Abatutsi mu Burasirazuba bwa Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hahishuwe uko hacuzwe umugambi wo gutsemba Abatutsi bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, uteguwe n’ubuyobozi bwo hejuru mu gisirikare cya FARDC hamwe n’Imbonerakure z’u Burundi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Nibikubiye mu butumwa umuhuza bikorwa w’u ngirije mw’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare, rya Alliance Fleuve Congo (AFC), bwana Bertrand Bisimwa.

Ubutumwa bwa Berterand Bisimwa yabushize hanze akoresheje urubuga rwa x, muri ubwo butumwa yavuze ko mu mpera z’u kwezi kwa Mbere uy’u mwaka w’2024, Lt Gen Padiri Bulenda, umwe mu bayobozi bakuru mu gisirikare cya FARDC yagiriye uruzinduko mu gihugu cy’u Burundi aho ngo yahuye n’Imbonerakure zo muri icyo gihugu.

Icyo gihe uwo mu bonano w’ubuyobozi bw’Imbonerakure na Gen Padiri Bulenda wakozwemo amasezerano areba impande zombi.

Ubutumwa bwa Bisimwa bukavuga ko umubonano wa General Padiri Bulenda n’ubuyobozi bw’Imbonerakure bashizeho umukono uburyo iryo tsinda ry’Imbonerakure rizambuka ku butaka bwa RDC guha amahugurwa Wazalendo mu kwica abasivile bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Ay’amasezerano kandi avuga ko leta ya Kinshasa ariyo igomba kuzatanga intwaro zizakoreshwa mu gutsemba Abatutsi.

Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa bukomeza buvuga ko amasezerano y’imbonerakure n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, agaragaza ishingiro ry’imyumvire migufi y’igisikare cya FARDC, ko ndetse iyo myumvire migufi yabo iri mu byatumye haba gusubiranamo hagati yabo n’ingabo z’u Burundi muri Minova mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa busoza buvuga ko afite amakuru yizewe ko Wazalendo bafite gutangirira kwica abasivile b’Abatutsi mu bice bigenzurwa n’Ingabo za M23.

Ibyo bitangajwe mu gihe mu minsi itatu ishize byari byavuzwe ko Imbonerakure zoherejwe muri teritware ya Masisi kugira ngo zice abo mu bwoko bw’Abatutsi.

Ku rundi ruhande umujyi wa Goma uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abasivile bakomeje kwicwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Bamwe mu baturage baturiye uwo mujyi barahamagarira M23 kubagoboka

           MCN.
Tags: Bacuze umugambi wo gutsembatsemba abategetsiImbonerakureUbuyobozi bw'i ngabo za FARDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Abapolisi babiri ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, baraye biciwe mu mujyi wa Goma.

Abaturiye umujyi Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, bari gutabaza ba kabura ubumva, kuri kira ibivugwa n'abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?