• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hahishyuwe ko ingabo za RDC zacitse intege, bityo M23 ikaba igiye gufata umujyi wa Goma biyoroheye.

minebwenews by minebwenews
May 4, 2024
in Regional Politics
1
Hahishyuwe ko ingabo za RDC zacitse intege, bityo M23 ikaba igiye gufata umujyi wa Goma biyoroheye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa ugucika intege gukomeye mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’u butegetsi bwa Repubilika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni uyu munsi ku wa Gatandatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zivanye mu gace ka Bitongo, ko muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nk’uko byemejwe na sosiyete sivile yo muri ibyo bice.

Ubuyobozi bwa sosiyete sivile buvuga ko FARDC, n’abambari bayo bikuye muri Bitongo bagana i Minova, ho muri teritwari ya Kalehe, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ibi ngo byongeye kwerekana intenge nke zikomeye ku ruhande rw’i gisirikare kirwanira ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.

Sosiyete sivile ikavuga ko kuba ingabo za leta zivanye muri Bitongo, byerekana neza ko M23 iri bufate ibice byose byo muri Kivu Yaruguru bihana imbibi n’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ko kandi ibi biri buze gutuma umujyi wa Goma ufatwa nta mirwano ihabaye.

Sosiyete sivile igasobanura ko “gufatwa kwa Bitongo, biganisha ko na Bwerimana ifatwa hagakurikira Minova, bityo uburinzi bw’u mujyi wa Goma, bukaba butaye ingufu, ari naho biza korohera abarwanyi ba M23 gufata uwo mujyi.”

Ibyo bibaye kandi mu gihe ihuriro ry’ingabo za RDC, hagati yo kuwa Gatatu no kuwa Gatanu, muri iki Cyumweru, zambuwe ibice byo muri teritwari ya Masisi, nka ahitwa Ngungu, Rubaya, Murambi n’ibindi bice byinshi byingenzi byo muri iyi teritwari.

M23 ikaba ikomeje kwigarurira ibice byinshi byo muri Kivu Yaruguru, mu buryo budasanzwe butanigeze kubaho n’ikindi gihe.

Tubibutsa ko agace ka Bitongo, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bavuyemo kari hejuru ya Bwerimana na centre ya Minova.

           MCN.
Tags: BiyoroheyeGufataHatangajweUmujyi wa Goma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Bitunguranye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwasabwe kuvana Ingabo zabwo mu mujyi wa Goma, bitaba ibyo zigacanwaho umuriro w’imbunda.

Bitunguranye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwasabwe kuvana Ingabo zabwo mu mujyi wa Goma, bitaba ibyo zigacanwaho umuriro w'imbunda.

Comments 1

  1. Pingback: Byagaragaye  ko ingabo za FARDC zacitse intege, bikaba bigiye gutuma M23  gufata umujyi wa Goma  - Rwandanews24

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?