• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hamenyekanye abantu bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
September 29, 2024
in Uncategorized
0
Hamenyekanye abantu bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye abantu bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Byatangajwe na minisiteri y’ubuzima mu Rwanda, aho yemeje ko abantu batandatu ari bo bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg.

Ni itangazo minisiteri y’ubuzima yashyize hanze ku wa Gatandatu tariki ya 28/09/2024, inavuga ko abantu 26 ari bo bamaze ku yandura harimo n’abo batandatu bitabye Imana.

Muri iryo tangazo, minisitiri y’ubuzima yavuze ko “abahitanwe n’iyindwara n’abayanduye, ahanini higanjemo abakozi bo kwa muganga cyane cyane abakora mu byumba bivurirwamo indembe.

Rinavuga kandi ko ‘minisiteri y’ubuzima, inzego za Leta n’abafatanya bikorwa bari gukorana mu gushakisha abahuye n’abo barwayi ndetse n’abitabye Imana.’

Rigira riti: “Ni indwara igira ubukana bwinshi ku buryo uwayanduye agira ibyago byo kuba yamuhitana. Ariko turi gukora ku buryo hapimwa kare abagaragayeho ubu burwayi bagakurikiranwa, kugira ngo twirinde ko hagira abaremba cyangwa abandi bahitanwa nayo .”

Rikomeza rivuga riti: “Uwahuye n’urwaye iyi ndwara wese tumushakira aho akurikiranirwa, hakaba abaganga bagomba kureba niba agaragaza ibimenyetso, bityo agahabwa ubuvuzi bukwiye.”

Iri tangazo rivuga ko abitabye Imana baherekezwa mu cyubahiro hirindwa ko hatagira abahandurira.

Rinasaba Abanyarwanda kudakuka imitima, bubahiriza ingamba zo guhangana n’iki cyorezo zirimo.

Minisiteri y’ubuzima yasabye Abanyarwanda kugira ubufatanye no gukorera hamwe kugira ngo batsinde iki cyorezo nk’uko n’ubundi batsinze ibya mbere.

Iki cyorezo cyandura mu gihe habaye uguhura kw’amatembabuzi y’abantu babiri, barimo ufite virus ya Marburg. Nta muti cyangwa urukingo by’iki cyorezo, ariko iyo umuntu uyirwaye ageze kwa muganga atararemba, yitabwaho, akabasha kurokoka.

Kugeza ubu kuyirinda hakoreshwa uburyo bumwe n’ubwifashishwa mu kwirinda Ebola.

                MCN.
Tags: BatandatuIcyorezoIndwaraMarburgRwanda
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu umunyamakuru wo muri Liban yatangaje amakuru arimo arira.

Hamenyekanye impamvu umunyamakuru wo muri Liban yatangaje amakuru arimo arira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?