• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hamenyekanye abantu bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
September 29, 2024
in Uncategorized
0
Hamenyekanye abantu bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye abantu bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Byatangajwe na minisiteri y’ubuzima mu Rwanda, aho yemeje ko abantu batandatu ari bo bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg.

Ni itangazo minisiteri y’ubuzima yashyize hanze ku wa Gatandatu tariki ya 28/09/2024, inavuga ko abantu 26 ari bo bamaze ku yandura harimo n’abo batandatu bitabye Imana.

Muri iryo tangazo, minisitiri y’ubuzima yavuze ko “abahitanwe n’iyindwara n’abayanduye, ahanini higanjemo abakozi bo kwa muganga cyane cyane abakora mu byumba bivurirwamo indembe.

Rinavuga kandi ko ‘minisiteri y’ubuzima, inzego za Leta n’abafatanya bikorwa bari gukorana mu gushakisha abahuye n’abo barwayi ndetse n’abitabye Imana.’

Rigira riti: “Ni indwara igira ubukana bwinshi ku buryo uwayanduye agira ibyago byo kuba yamuhitana. Ariko turi gukora ku buryo hapimwa kare abagaragayeho ubu burwayi bagakurikiranwa, kugira ngo twirinde ko hagira abaremba cyangwa abandi bahitanwa nayo .”

Rikomeza rivuga riti: “Uwahuye n’urwaye iyi ndwara wese tumushakira aho akurikiranirwa, hakaba abaganga bagomba kureba niba agaragaza ibimenyetso, bityo agahabwa ubuvuzi bukwiye.”

Iri tangazo rivuga ko abitabye Imana baherekezwa mu cyubahiro hirindwa ko hatagira abahandurira.

Rinasaba Abanyarwanda kudakuka imitima, bubahiriza ingamba zo guhangana n’iki cyorezo zirimo.

Minisiteri y’ubuzima yasabye Abanyarwanda kugira ubufatanye no gukorera hamwe kugira ngo batsinde iki cyorezo nk’uko n’ubundi batsinze ibya mbere.

Iki cyorezo cyandura mu gihe habaye uguhura kw’amatembabuzi y’abantu babiri, barimo ufite virus ya Marburg. Nta muti cyangwa urukingo by’iki cyorezo, ariko iyo umuntu uyirwaye ageze kwa muganga atararemba, yitabwaho, akabasha kurokoka.

Kugeza ubu kuyirinda hakoreshwa uburyo bumwe n’ubwifashishwa mu kwirinda Ebola.

                MCN.
Tags: BatandatuIcyorezoIndwaraMarburgRwanda
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu umunyamakuru wo muri Liban yatangaje amakuru arimo arira.

Hamenyekanye impamvu umunyamakuru wo muri Liban yatangaje amakuru arimo arira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?