Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye aho ingabo za SADC zizanyuzwa zitashye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 15, 2025
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC zagize icyo zivuga kubyo AFC/M23 izishinje byo kugaba ibitero i Goma.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye aho ingabo za SADC zizanyuzwa zitashye.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Abasirikare ba SADC baherereye mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazanyuzwa mu Rwanda batahukanywe mu bihugu byabo nk’uko amakuru abivuga.

Bivugwa ko imyanzuro yafashwe yuko ingabo za SADC zigomba guca mu Rwanda zitashe yafatiwe mu nama yabaye ku wa gatanu w’icyumweru gishize, ubwo abagaba bakuru b’ingabo zo mu bihugu bya Afrika y’Epfo, Tanzania na Malawi bifite ingabo muri RDC bahuraga.

SADC ifite mu Burasizuba bwa Congo ingabo ziri mu butumwa buzwi nka SAMIDRC kuva mu kwezi kwa cumi nabiri umwaka wa 2023.

Bizwi ko izi ngabo zafatanyaga n’iza leta y’i Kinshasa, imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR ndetse n’ingabo z’u Burundi kurwanya umutwe wa M23.

Biri mu byatumye ubwo M23 yigarurira umujyi wa Goma ziriya ngabo zarabuze uko ziwusohokamo, kuko abarwanyi b’uyu mutwe bawuzigoteyemo.

Itangazo rya AFC/M23 ryo ku cyumweru tariki ya 13/04/2025, yasabye ko SADC icyura ingabo zayo kandi ikazicyura vuba. Hari nyuma y’aho izishinje kugira uruhare mu bitero ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye i Goma mu ijoro ryo ku itariki ya 11/04/2025, nubwo izi ngabo zihihakana.

Ibyo bibaye mu gihe M23 na SADC bari baheruka kwemezanya ko izi ngabo zicyurwa mu bihugu byabo zinyuze ku kibuga cy’indege cya Goma, bikaba nyuma yuko babanje gusana kiriya kibuga.

SAMIDRC mu itangazo yasohoye nyuma y’inama y’abagaba bakuru b’ingabo zayo, yavuze ko gucyura ingabo zabo hifashijwe ikibuga cy’indege byatinza iriya gahunda.

Iryo tangazo kandi rivuga ko ziriya ngabo zigomba gutaha ziciye ku butaka bw’u Rwanda ndetse ko umuryango wa SADC ugomba kugirana ibiganiro n’u Rwanda kugira ngo rubemerere guca kubutaka bwarwo.

Tags: M23RwandaSamidrc
Share34Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yatangije operasiyo idasanzwe ku ihuriro ry’ingabo za Congo.

AFC/M23 yatangije operasiyo idasanzwe ku ihuriro ry'ingabo za Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?