• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye amafaranga Tshisekedi yahaye Ndayishimiye kugira ngo yohereze abasirikare be muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amafaranga Tshisekedi yahaye Ndayishimiye kugira ngo yohereze abasirikare be muri RDC.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye amafaranga Tshisekedi yahaye Ndayishimiye kugira ngo yohereze abasirikare be muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Intambara ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za Congo(FARDC), yatumye amasezerano ya perezida Félix Tshisekedi wa Congo na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye avugisha benshi, aho igisirikare cy’igihugu cye cyinjiye muri iyi ntambara gufasha icya Kinshasa kurwanya uyu mutwe wa M23, ariko kigatsindwa bikomeye.

Ibihugu byombi byagiranye amasezerano y’ibanga ajyanye n’ubufanye mu byagisirikare. Ni amasezerano yari igamije gushyira ingabo z’u Burundi mu Ntara ya Kivu Yaruguru kugira ngo zifashe iza RDC guhashya umutwe wa M23. Tshisekedi yemeye gutanga inkunga igizwe n’amafaranga n’ibikoresho by’intambara kugira ngo ingabo z’u Burundi zikomeze urugamba.

Kuva ingabo z’u Burundi zagera mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC, habaye impinduka zikomeye z’u rugamba. Kimwecyo zari zifite intego yo kumaraho M23 ariko ikomeza kuzirusha imbaraga, binatuma iz’i ngabo z’u Burundi zitakarizwa icyizere. Kuko icyo gihe umubare w’ingabo z’u Burundi zagwaga kurugamba wagiye urushyaho kwiyongera. Ibyateje impagarara mu gihugu cy’u Burundi.

Binyuze muri ayo masezerano, perezida Tshisekedi yahaye Ndayishimiye miliyoni 5 z’amadolari y’Amerika nk’ishimwe.
Perezida Félix Tshisekedi yagombaga guha buri musirikare w’u Burundi ubarizwa muri RDC amafaranga ahwanye n’amadolari 5000. Ariko ibi byaje kugaragara ko atageze ku basirikare kuko bivugwa ko amafaranga yajaga kwa Ndayishimiye ubwe ndetse n’abandi bohafi ye bake, naho abasirikare bagakomeza guhembwa ayo bahembwaga mu Burundi.

Nyamara kandi Ndayishimiye yari yizeye ko ingabo ze zizagera ku ntego mu buryo bworoshye, ariko byaje kumugaragarira ko bitari byoroshye kurwanya umutwe wa M23. Ndetse kandi, nyuma yaho ingabo z’u Burundi zitsinzwe muri Kivu Yaruguru, yabaye ngombwa ko zoherezwa no muri Kivu y’Amajy’epfo, nanone naho m23 irazikubita kubi, yo ikomeza kwagura ibirindiro byayo.

Nyuma y’aho abonye ko ingabo ze zitari gutsinda urugamba nk’uko yari abyiteze, yigiye inama yo kuvana ingabo ze muri RDC. Kubera amasezerano yagiranye na Tshisekedi ndetse n’inyungu yagiye abikuramo, byamubereye ikibazo kuzivanayo. Binavugwa ko ibi byateje n’umwuka mubi hagati mu Burundi, ahanini mu bategetsi.

Kuri ubwo rero, amasezerano y’i gisirikare hagati ya perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagize uruhare rukomeye mu gukomeza intambara mu Burasirazuba bwa RDC. Gusa, yari agamije guhashya umutwe wa, ariko bigenda uko bitari byitezwe, ingabo z’u Burundi n’iza Congo Kinshasa zihura n’akaga gakomeye ko gutsindwa no gukoza izoni abakuru b’ibihugu byabo.

Tags: AmafarangaNdayishimiyeTshisekedi
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y'Epfo nyuma ya Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?