• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye amafaranga Tshisekedi yahaye Ndayishimiye kugira ngo yohereze abasirikare be muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amafaranga Tshisekedi yahaye Ndayishimiye kugira ngo yohereze abasirikare be muri RDC.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye amafaranga Tshisekedi yahaye Ndayishimiye kugira ngo yohereze abasirikare be muri RDC.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Intambara ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za Congo(FARDC), yatumye amasezerano ya perezida Félix Tshisekedi wa Congo na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye avugisha benshi, aho igisirikare cy’igihugu cye cyinjiye muri iyi ntambara gufasha icya Kinshasa kurwanya uyu mutwe wa M23, ariko kigatsindwa bikomeye.

Ibihugu byombi byagiranye amasezerano y’ibanga ajyanye n’ubufanye mu byagisirikare. Ni amasezerano yari igamije gushyira ingabo z’u Burundi mu Ntara ya Kivu Yaruguru kugira ngo zifashe iza RDC guhashya umutwe wa M23. Tshisekedi yemeye gutanga inkunga igizwe n’amafaranga n’ibikoresho by’intambara kugira ngo ingabo z’u Burundi zikomeze urugamba.

Kuva ingabo z’u Burundi zagera mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC, habaye impinduka zikomeye z’u rugamba. Kimwecyo zari zifite intego yo kumaraho M23 ariko ikomeza kuzirusha imbaraga, binatuma iz’i ngabo z’u Burundi zitakarizwa icyizere. Kuko icyo gihe umubare w’ingabo z’u Burundi zagwaga kurugamba wagiye urushyaho kwiyongera. Ibyateje impagarara mu gihugu cy’u Burundi.

Binyuze muri ayo masezerano, perezida Tshisekedi yahaye Ndayishimiye miliyoni 5 z’amadolari y’Amerika nk’ishimwe.
Perezida Félix Tshisekedi yagombaga guha buri musirikare w’u Burundi ubarizwa muri RDC amafaranga ahwanye n’amadolari 5000. Ariko ibi byaje kugaragara ko atageze ku basirikare kuko bivugwa ko amafaranga yajaga kwa Ndayishimiye ubwe ndetse n’abandi bohafi ye bake, naho abasirikare bagakomeza guhembwa ayo bahembwaga mu Burundi.

Nyamara kandi Ndayishimiye yari yizeye ko ingabo ze zizagera ku ntego mu buryo bworoshye, ariko byaje kumugaragarira ko bitari byoroshye kurwanya umutwe wa M23. Ndetse kandi, nyuma yaho ingabo z’u Burundi zitsinzwe muri Kivu Yaruguru, yabaye ngombwa ko zoherezwa no muri Kivu y’Amajy’epfo, nanone naho m23 irazikubita kubi, yo ikomeza kwagura ibirindiro byayo.

Nyuma y’aho abonye ko ingabo ze zitari gutsinda urugamba nk’uko yari abyiteze, yigiye inama yo kuvana ingabo ze muri RDC. Kubera amasezerano yagiranye na Tshisekedi ndetse n’inyungu yagiye abikuramo, byamubereye ikibazo kuzivanayo. Binavugwa ko ibi byateje n’umwuka mubi hagati mu Burundi, ahanini mu bategetsi.

Kuri ubwo rero, amasezerano y’i gisirikare hagati ya perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagize uruhare rukomeye mu gukomeza intambara mu Burasirazuba bwa RDC. Gusa, yari agamije guhashya umutwe wa, ariko bigenda uko bitari byitezwe, ingabo z’u Burundi n’iza Congo Kinshasa zihura n’akaga gakomeye ko gutsindwa no gukoza izoni abakuru b’ibihugu byabo.

Tags: AmafarangaNdayishimiyeTshisekedi
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y'Epfo nyuma ya Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?