Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hamenyekanye amakuru avuga ko major Gahungu yapfuye, hatangazwa n’abamwishe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2024
in Uncategorized
0
Hamenyekanye amakuru avuga ko major Gahungu yapfuye, hatangazwa n’abamwishe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye amakuru avuga ko major Gahungu yapfuye, hatangazwa n’abamwishe.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ahagana isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatandatu, nibwo amakuru avuga ko Major Gahungu yapfuye, aguye mu mirwano yabereye mu bice byo mu Ntara ya Bandundu, nk’uko iy’inkuru ikomeje gutangazwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Bandundu ni imwe mu ntara zigize igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba iri hagati ya Kinshasa na Bas-Congo; bizwi kandi ko iy’i ntara iherereye mu majyepfo y’iki gihugu.

Ay’amakuru ababaje akomeje guca ku mbuga nkoranya mbaga avuga ko major Gahungu, yiciwe mu gitero cya gabwe n’inyeshamba zirwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, zizwi nka Mobondo. Iki gitero zari zakigabye mu ijoro ryakeye, mu gace kitwa Kinsele, ari naho Major Gahungu yarangije ubuzima bwe bwo ku Isi.

Gahungu yari umusirikare wo mu ngabo za FARDC, wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, anavuka mu misozi miremire y’Imulenge ho mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ni umwe mu basirikare bari bazwiho ishyaka, n’ubutwari ku rugamba, ibyo ya bigaragaje hagati mu mwaka w’ 2005 na 2011 ndetse nanyuma yaho, ni mu gihe umutwe wa Gumino ya Mbere yafataga imbunda kugira ngo irwanirire Abanyamulenge bari mu bihe byo kugabwaho ibitero na Maï Maï.

Gusa uyu mutwe wa Gumino ya Mbere, waje kwiyunga muri leta arinabwo major Gahungu yavuye ku butaka bw’i Mulenge, aho yaje gutumwa mu bindi bice bitandukanye, harimo ko yakoreye na Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma aza koherezwa i Bandundu arinaho arangirije.

Mu mpera z’u mwaka w’ 1996, nibwo Gahungu yinjiye munyeshyamba za AFDL, inyeshyamba zavanyeho ubutegetsi bwa perezida Mobutu mu gihe cy’amezi arindwi gusa.

           MCN.
Tags: Maj GahunguMobondoYaguye mu gitero
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku gitero gikomeye Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika yagabweho, kuri uyu wa Gatandatu.

Ibyo wa menya ku gitero gikomeye Donald Trump wahoze ari perezida w'Amerika yagabweho, kuri uyu wa Gatandatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?