Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 18, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Harris Kamala wo mu ishyaka ry’Abademocrate na Donald Trump uturuka mu ishyaka ry’Abarepubulikeni bari guhatanira muri leta ya Pennsylvania, leta ifatwa nk’ikomeye gusumba izindi.

Iyi ni imwe mu zifatwa nk’izisibaniro zishobora guhindura isura y’ibizava mu matora y’umukuru w’i Gihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Donald Trump ku munsi w’ejo hashize yakoresheje ibiganiro byo kwiyamamaza mu mujyi wa Wilkes-Barre uri mu majyaruguru ya leta ya Pennsylvania naho kuri iki Cyumweru Harris Kamala araza kuzenguruka iyi leta araba ari muri bisi ahereye mu mujyi wa Pittsburgh mbere y’uko inama idasanzwe y’abademocrate ku rwego rw’igihugu iterana ku wa mbere mu mujyi wa Chicago muri leta ya IIIinois.

Iyi leta ya Pennsylvania ni imwe muri leta zitatu zikomeye ku byerekeye amatora muri iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hiyongereyeho Wisconsin na Michigan. Akaba ari na yo yafashije Trump gutsinda amatora yo mu 2016. Bigeze mu 2020, Biden wakuriye mu mujyi wa Scranton wo muri iyi leta yashoboye kuyigarurira bimubera inkingi ikomeye yo kwinjira muri purezidansi ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Muri Leta 50 zigize Amerika, izi uko ari zitatu ni zo zonyine zitarigera zitora umukandida ku mwanya wa Perezida ngo atsindwe amatora kuva mu mwaka w’ 2008.

Mu majwi akenerwa ngo perezida abone itike yo kwinjira muri purezidansi, Pennsylvania ibarirwa 19, Michigan ikabarirwa 15 mu gihe Wisconsin yo ibarirwa 10.

             MCN.
Tags: AmerikaDonald TrumpHarris KamalaIbindi bishyaKu kwiyamamaza kwabo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango wa SADC wongeye kugira ibindi wemeranyaho birimo n’intambara ibera muri RDC.

Umuryango wa SADC wongeye kugira ibindi wemeranyaho birimo n'intambara ibera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?