• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.

minebwenews by minebwenews
August 18, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Harris Kamala wo mu ishyaka ry’Abademocrate na Donald Trump uturuka mu ishyaka ry’Abarepubulikeni bari guhatanira muri leta ya Pennsylvania, leta ifatwa nk’ikomeye gusumba izindi.

Iyi ni imwe mu zifatwa nk’izisibaniro zishobora guhindura isura y’ibizava mu matora y’umukuru w’i Gihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Donald Trump ku munsi w’ejo hashize yakoresheje ibiganiro byo kwiyamamaza mu mujyi wa Wilkes-Barre uri mu majyaruguru ya leta ya Pennsylvania naho kuri iki Cyumweru Harris Kamala araza kuzenguruka iyi leta araba ari muri bisi ahereye mu mujyi wa Pittsburgh mbere y’uko inama idasanzwe y’abademocrate ku rwego rw’igihugu iterana ku wa mbere mu mujyi wa Chicago muri leta ya IIIinois.

Iyi leta ya Pennsylvania ni imwe muri leta zitatu zikomeye ku byerekeye amatora muri iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hiyongereyeho Wisconsin na Michigan. Akaba ari na yo yafashije Trump gutsinda amatora yo mu 2016. Bigeze mu 2020, Biden wakuriye mu mujyi wa Scranton wo muri iyi leta yashoboye kuyigarurira bimubera inkingi ikomeye yo kwinjira muri purezidansi ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Muri Leta 50 zigize Amerika, izi uko ari zitatu ni zo zonyine zitarigera zitora umukandida ku mwanya wa Perezida ngo atsindwe amatora kuva mu mwaka w’ 2008.

Mu majwi akenerwa ngo perezida abone itike yo kwinjira muri purezidansi, Pennsylvania ibarirwa 19, Michigan ikabarirwa 15 mu gihe Wisconsin yo ibarirwa 10.

             MCN.
Tags: AmerikaDonald TrumpHarris KamalaIbindi bishyaKu kwiyamamaza kwabo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango wa SADC wongeye kugira ibindi wemeranyaho birimo n’intambara ibera muri RDC.

Umuryango wa SADC wongeye kugira ibindi wemeranyaho birimo n'intambara ibera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?