• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.

minebwenews by minebwenews
August 18, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Harris Kamala wo mu ishyaka ry’Abademocrate na Donald Trump uturuka mu ishyaka ry’Abarepubulikeni bari guhatanira muri leta ya Pennsylvania, leta ifatwa nk’ikomeye gusumba izindi.

Iyi ni imwe mu zifatwa nk’izisibaniro zishobora guhindura isura y’ibizava mu matora y’umukuru w’i Gihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Donald Trump ku munsi w’ejo hashize yakoresheje ibiganiro byo kwiyamamaza mu mujyi wa Wilkes-Barre uri mu majyaruguru ya leta ya Pennsylvania naho kuri iki Cyumweru Harris Kamala araza kuzenguruka iyi leta araba ari muri bisi ahereye mu mujyi wa Pittsburgh mbere y’uko inama idasanzwe y’abademocrate ku rwego rw’igihugu iterana ku wa mbere mu mujyi wa Chicago muri leta ya IIIinois.

Iyi leta ya Pennsylvania ni imwe muri leta zitatu zikomeye ku byerekeye amatora muri iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hiyongereyeho Wisconsin na Michigan. Akaba ari na yo yafashije Trump gutsinda amatora yo mu 2016. Bigeze mu 2020, Biden wakuriye mu mujyi wa Scranton wo muri iyi leta yashoboye kuyigarurira bimubera inkingi ikomeye yo kwinjira muri purezidansi ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Muri Leta 50 zigize Amerika, izi uko ari zitatu ni zo zonyine zitarigera zitora umukandida ku mwanya wa Perezida ngo atsindwe amatora kuva mu mwaka w’ 2008.

Mu majwi akenerwa ngo perezida abone itike yo kwinjira muri purezidansi, Pennsylvania ibarirwa 19, Michigan ikabarirwa 15 mu gihe Wisconsin yo ibarirwa 10.

             MCN.
Tags: AmerikaDonald TrumpHarris KamalaIbindi bishyaKu kwiyamamaza kwabo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango wa SADC wongeye kugira ibindi wemeranyaho birimo n’intambara ibera muri RDC.

Umuryango wa SADC wongeye kugira ibindi wemeranyaho birimo n'intambara ibera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?