• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye ibyangiritse ubwo Israel yagabaga igitero muri Iran cyo kwihorera.

minebwenews by minebwenews
October 28, 2024
in World News
0
Hamenyekanye ibyangiritse ubwo Israel yagabaga igitero muri Iran cyo kwihorera.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyangiritse ubwo Israel yagabaga igitero muri Iran cyo kwihorera.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Igitero Israel yagabye kuri Iran cyangije ibikorwa remezo mu bigo bibiri bya gisirikare biri mu duce tubiri twari twaragizwe ibanga turi mu majyepfo ashyira uburenganzuba bw’umurwa mukuru wa Tehran.

Ni amakuru yemejwe n’ubutumwa bw’amashusho yafashwe n’ibyogajuru, yagenzuwe kuri iki Cyumweru n’ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press.

Agace ka mbere kagabweho igitero muri utwo duce twari twaragizwe ibanga, impuguke zatangaje ko hakorwaga ibijyanye no gucura intwaro za nukiriyeri naho aha Kabiri Iran yahacuriraga ibitwaro bya kirimbuzi.

Zimwe mu nyubako zangiritse ziri mu kigo mpuzamahanga gishinzwe kugenzura ibya nukiriyeri bakeka ko mu bihe byashize Iran yahakoreraga igerageza ku bintu biturika ku rugero rwo hejuru bishobora gukoreshwa intwaro za nukiriyeri.

Ahandi Israel yagabye igitero ni hafi y’ikigo cya gisirikare cya Khojir aho abahanga bavuga ko Iran ihafite umuyoboro unyura mu kuzimu ikagera ahantu icurira ibisasu bya misile.

Ariko kugeza ubu Iran ntiremera ko Israel yangije ibikorwa byayo byari muri ibyo bigo byombi, n’ubwo ku wa Gatandatu yari yavuze ko ibitero bya Israel byagabwe muri utwo duce byahitanye abaturage bane.

Igisirikare cya Israel n’intumwa z’umuryango w’Abibumbye ziri muri Iran ntibabonetse ngo bagire icyo babivugaho. Ariko umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah yavuze ko igitero Israel yagabye kuri Iran kidakwiye gukabirizwa cyangwa gukerenswa. Gusa ntiyavuze ko izihimura kuri Israel.

Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, we yavuze ko ibitero bya Israel byashegeshe Iran kandi byageze ku ntego yabyo.

Tubibutsa ko icyo gitero Israel yakigabye mu mpera z’iki Cyumweru dusoje.

Tags: IgiteroIranKwihorera
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyingenzi ku gace ka Pinga m23 yigaruriye.

Menya ibyingenzi ku gace ka Pinga m23 yigaruriye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?