• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hamenyekanye Ibyavuye Mumubonano Wa Président Félix Tshisekedi Na Eugène, I Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
May 24, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyavuye mumubonano wa Président Félix Tshisekedi na Gasana Eugène wo muri RNC ya Kayumba Nyamwasa.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Haheruka kwerekanwa i photo igaragaza Eugène Gasana yicaranye n’a President Félix Tshisekedi, gusa ibi bishobora nogukorwa hifashijwe ikorana buhanga ariko iyo photo yo byavuzweko arukuri kuzuye munkuru dukesha Igihe.

Aba bagabo bombi nkuko iyo nkuru Yigihe ikomeza ibivuga ivugako bahuye mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2023, bahurira i Kinshasa.

Président Felix Tshisekedi, yakiriye Gasana mu biro bye nkuko asanzwe yakira nabandi bashitsi bamusuye.

Uwo muhuro wabo wabaye mugihe iki cyumweru gishize abagize ishaka rya RNC bahuriye i Washington bagashinga irindi huriro rishya, ibi bikaba byatangajwe n’a Radio ijwi rya Merika Mukirundi nikinyarwanda.

Ubwo Gasana Eugène, yahuraga na Président Tshisekedi, bagiranye ibiganiro bigaruka ku mugambi w’abatavuga rumwe na leta ya Kigali, bari mu bikorwa byo gushaka imbaraga kugira ngo barusheho guteza umutekano mubi i Kigali .

Urugendo rwe i Kinshasa rwari muri gahunda yo gushaka Ubushobozi kuri President Tshisekedi, kuri none wanze leta ya Kigali nkuko bigaragara igihe atanga ibirego arega iyi leta.

Bivugwa ko nyuma y’ibiganiro, aba bagabo bombi bafashe ifoto ifite ikindi gisobanuro. Ubusanzwe ifoto nyuma y’ibiganiro, aba ari ikimenyetso cy’urwibutso impande zombi zizajya zireba zikibuka ko hari ibyo zemeranyije.

Nkuko iyonkuru ikomeza ibivuga byavuzweko Gasana yiphotoje iyo photo murwego rwogukangurira abatavuga rumwe n’a leta ya Kigali kumuba hafi iyo photo ikaba nkikimenyetso ko babonye ubafasha bwo kurwanya Kigali.

Ni ko byagenze koko iyi photo yakoreshejwe mu gutegura inama yabereye i Washington, Gasana akereka abatavuga rumwe n’u Rwanda ko bafite igihugu kibashyigikiye, aricyo RDC.

Muri bamya batanze ubuhamya babaye mubiganiro i Washington DC byaje kubyara Ihuriro rya RNC yatanze ubuhamya agira ati : “Gasana ni we wari wabatumiye hanyuma abereka ifoto ari kumwe na Tshisekedi nk’igihamya cy’uko bafite uzabatera ingabo mubitugu.”

Bivugwa ko yabasobanuriye ko Tshisekedi yemeye kubashyigikira cyane ko afitanye ibibazo n’a leta ya Kigali .

Guhura kwa Tshisekedi na Gasana Eugène, bije nyuma y’aho ishaka rya RNC ricitsemo ibice bitewe n’ibura rya Ben Rutabana, bivugwa ko yishwe mu 2021 nubwo nta wabonye umurambo we.

Rutabana yabuze ahagana mukwezi kwacenda(9), umwaka wa 2021, nyuma yuko yaravuye mu Bubiligi agiye muri RDC anyuze muri Uganda.

Urugendo rwe rwari rwateguwe na Kayumba Nyamwasa washakaga ko nagera muri Uganda azakomereza muri Congo, hanyuma agahura n’abarwanyi bashya b’umutwe wa RNC. Nyuma yaho ntwawe uzi iyo yabyaje kurangirira ibyurugendo.

Murico gihe nibwo abarimo Mushiki wa Ben Rutabana batangiye gutaho infane Kayumba Nyamwasa.

Ni we waharuriye inzira abayobozi ba RNC kugira ngo bisange kuri Uganda, mu gihe icyo gihugu kitari kibanye neza n’u Rwanda.

Gusa Gasana Eugène, uheruka Kuganira na Président Félix Tshisekedi, bivugwa ko ntawe uzi inshingano ze muri RNC ariko azwiho nkumuntu ushinzwe diplomasi.

Kwiyambaza Président Tshisekedi, bigakekwako aruko uyu mukuru wigihugu ubwo yahuraga n’urubyiruko rw’igihugu cye mumwaka wa 2022 ahagana mukwezi kwa 11, muricyogihe President Félix Tshisekedi, yatangaje ko azafasha uzamwiyambaza wese gukuraho ubuyobozi bwa leta ya Kigali.

Yagize Ati “Abanyarwanda ni abavandimwe bacu, ahubwo bakeneye ubufasha bwacu kuko baraboshwe, bakeneye ubufasha bwacu ngo tubabohore .”

Uwo mugambi wa Tshisekedi uhuye neza n’uwa Gasana n’abandi barimo RNC kuko bashaka kubangamira leta ya Kigali.

Si ubwa mbere Republika ya Democrasi ya Congo ivuga ko izaha u bufasha abashaka guhungabanya umutekano wa Kigali kuko nyakwigendera bwana Président Laurent Desire Kabila ari mubafashije FDLR kugira imbaraga ndetse akabaha nibikoresho byagisirikare ahagana mumwaka wa 1999.

Amakuru avuga ko Tshisekedi yiyemeje gufasha uwo ariwe wese uzemera guhungabanya leta ya Kigali.

Tags: Eugène GasanaTshisekediUmubonano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

MASISI: New Clashes Between Maimai Nyatura And Other Rebellious Militia Groups.

Comments 1

  1. Ngarukiye Siméon says:
    3 years ago

    Uyu mubonano wa gasana na pdt kisekedi barebe neza nje mbona harumuyobozi uri bubigenderemo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?