Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyo AFC/M23 yasabye Kinshasa gukora mbere yuko impande zombi zinjira mu biganiro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 9, 2025
in Regional Politics
0
Uvira Plunged into Chaos as Fighting Erupts in South Kivu
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyo AFC/M23 yasabye Kinshasa gukora mbere yuko impande zombi zinjira mu biganiro.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ibiganiro by’imishikirano byari guhuza Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho byasubitswe; ni mu gihe iri huriro ryashyizeho amakondition y’ibyo ubutegetsi bw’i Kinshasa bugomba kubanza gukora kugira ngo ibiganiro by’imishikirano bibe.

Uyu munsi ku wa gatatu tariki ya 09/04/2025, ni bwo hagomba kuba ibiganiro by’imishikirano hagati ya RDC na AFC/M23.

Nk’uko byari biteganyijwe ibi biganiro byari kubera i Doha muri Qatar, aho byari bigamije gushakira umuti urambye intambara ikomeje guca ibintu mu Burasizuba bwa Congo.

Amakuru ahari avuga ko kugeza ku munsi w’ejo ku wa kabiri, impande zombi zari zitarakira ubutumire bwokuja i Doha muri Qatar ahari kubera ibiganiro.

Ariko nk’uko aya makuru abigaragaza nuko AFC/M23 yatangaje ibyo yifuza mbere yo kwicarana kumeza y’ibiganiro n’ubutegetsi bwa Congo.

Mubyo iri huriro rya AFC/m23 rivuga harimo ko perezida Felix Tshisekedi agomba kubanza agatangaza akagaragaza ubushake bwo kuganira na bo.

Ubundi kandi ngo “inteko ishinga amategeko ikureho ibyemezo yafashe tariki ya 08/11/2022 bibahiga.

Hakurweho impapuro zo kubafata n’ibihano bashyiriweho.

Harekurwe abo bafunze bazira ko bavugwaho gukorana na M23.

Hahagarikwe amagambo n’ibikorwa bibiba urwango n’ivangura.

Habeho guhagarika ivangura ry’imiryango ivuga ururimi rw’ikinyarwanda n’igiswahili.

Icyanyuma, iri huriro rya AFC/M23 ryavuze ko hagomba gusinywa amasezerano yo guhagarika imirwano hagati ya RDC na M23.

Uyu mutwe urangiza uvuga ko ari ibi usaba ngo nibimara kubahirizwa ibiganiro bizabe. Kandi ushimangira ko bizagenda neza.

Tags: AFCM23QatarRdc
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 Requested Kinshasa to do Certain Things Before Both Parties Enter into Negotiations.

AFC/M23 Requested Kinshasa to do Certain Things Before Both Parties Enter into Negotiations.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?