Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyo amasasu yaraswaga na FARDC yangirije mu Mikenke.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 4, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibyo amasasu yaraswaga na FARDC yangirije mu Mikenke.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyo amasasu yaraswaga na FARDC yangirije mu Mikenke.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umugabo wo mu bwoko bw’Abashi wahoraga akora akazi ku bucuruzi mu Mikenke niwe waraye akomerekejwe n’amasasu yo gupfusha ubusa yaraswaga n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo(FARDC), zikorera mu Mikenke. Aya masasu kandi yangirije n’imwe munzu iraho muri uwo muhana wakomerekeyemo uwo mugabo.

Ahagana isaha ya saa moya z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 04/11/2024, nibwo abasirikare ba FARDC baherereye mu Mikenke bakoze igikorwa cyo kurasagura amasasu, kabone nubwo bagaragaza ko barasa hejuru ariko ntiyabuze kugira ibyo yangiriza birimo umugabo w’umucuruzi wakomeretse.

N’amasasu y’umvikanyemo nay’imbunda ya Mashin gun, n’izindi nto. Urasaku rwayo rwamaze umwanya rwumvikana ungana n’iminota nka 50, nk’uko abaturiye ibyo bice babyiganiga Minembwe Capital News.

Umwe wo muri ibyo bice yahamije ko umugabo wakomeretse, amasasu yahise avungagura igufwa rye ry’ikibero, cy’ukuguru kw’ibumoso. Uyu wakomeretse ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50.

Yanavuze ko uyu wakomeretse yahoraga akora akazi ku bucuruzi, kandi ko yari amaze igihe kirekire akorera muri ako gace.

Nyuma yuko uwo mugabo akomeretse yahise yikorerwa ajanwa ku bitaro bya Mikenke, kugira yitabweho.

Ibindi kandi byangiritse ni imwe mu nzu yo muri iyi centre barasiyemo, kuko yabomotse cyane cyane mu bice bigana ku muryango, aho ndetse n’ibitaka byinshi byahise byirunda hafi y’urugo imbere y’umuryango.

Aya masasu yarashwe mu gihe iz’ingabo ziri mu Mikenke zari zimaze ku menyeshwa ko zigiye kwimurirwa i Goma mu ntara ya Kivu Yaruguru. Bikavugwa ko zigiye kurwanya umutwe wa M23 umaze igihe urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Tags: AmasasuMinkenkeUmushi
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Boris Johnson yahishyuye ko iwe na perezida Museveni bigeze gupfa Vladimir Putin.

Boris Johnson yahishyuye ko iwe na perezida Museveni bigeze gupfa Vladimir Putin.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?