• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyo amasasu yaraswaga na FARDC yangirije mu Mikenke.

minebwenews by minebwenews
November 4, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibyo amasasu yaraswaga na FARDC yangirije mu Mikenke.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyo amasasu yaraswaga na FARDC yangirije mu Mikenke.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Umugabo wo mu bwoko bw’Abashi wahoraga akora akazi ku bucuruzi mu Mikenke niwe waraye akomerekejwe n’amasasu yo gupfusha ubusa yaraswaga n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo(FARDC), zikorera mu Mikenke. Aya masasu kandi yangirije n’imwe munzu iraho muri uwo muhana wakomerekeyemo uwo mugabo.

Ahagana isaha ya saa moya z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 04/11/2024, nibwo abasirikare ba FARDC baherereye mu Mikenke bakoze igikorwa cyo kurasagura amasasu, kabone nubwo bagaragaza ko barasa hejuru ariko ntiyabuze kugira ibyo yangiriza birimo umugabo w’umucuruzi wakomeretse.

N’amasasu y’umvikanyemo nay’imbunda ya Mashin gun, n’izindi nto. Urasaku rwayo rwamaze umwanya rwumvikana ungana n’iminota nka 50, nk’uko abaturiye ibyo bice babyiganiga Minembwe Capital News.

Umwe wo muri ibyo bice yahamije ko umugabo wakomeretse, amasasu yahise avungagura igufwa rye ry’ikibero, cy’ukuguru kw’ibumoso. Uyu wakomeretse ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50.

Yanavuze ko uyu wakomeretse yahoraga akora akazi ku bucuruzi, kandi ko yari amaze igihe kirekire akorera muri ako gace.

Nyuma yuko uwo mugabo akomeretse yahise yikorerwa ajanwa ku bitaro bya Mikenke, kugira yitabweho.

Ibindi kandi byangiritse ni imwe mu nzu yo muri iyi centre barasiyemo, kuko yabomotse cyane cyane mu bice bigana ku muryango, aho ndetse n’ibitaka byinshi byahise byirunda hafi y’urugo imbere y’umuryango.

Aya masasu yarashwe mu gihe iz’ingabo ziri mu Mikenke zari zimaze ku menyeshwa ko zigiye kwimurirwa i Goma mu ntara ya Kivu Yaruguru. Bikavugwa ko zigiye kurwanya umutwe wa M23 umaze igihe urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Tags: AmasasuMinkenkeUmushi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Boris Johnson yahishyuye ko iwe na perezida Museveni bigeze gupfa Vladimir Putin.

Boris Johnson yahishyuye ko iwe na perezida Museveni bigeze gupfa Vladimir Putin.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?