• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y’uko komanda wo muri Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2024
in World News
0
Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y’uko komanda wo muri  Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Komanda w’umutwe witwaje intwaro uzwi kw’izina rya Maï Maï Biloze Bishambuke yishe umurwayi we akoreshe imbunda.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni mu ijoro ryo ku wa Kane rishira ku wa Gatanu, tariki ya 14/06/2024, nibwo umuyobozi mukuru wa Maï Maï Biloze Bishambuke yishe arashe umurwayi we wari ushinzwe uburinzi bwe(Escort), ahita agwa aho, nk’uku amasoko yacu dukesha iy’inkuru abivuga.

Amasoko yacu avuga ko ibyabaye, byabaye igihe c’isaha ya saa moya ziryo joro ryo ku wa Kane. Ko kandi komanda wakoze ubwo bwicanyi yarashe umurwanyi wari ushinzwe uburinzi bwe, ubwo yashakaga gukiza uyu komanda, warimo urwana n’umugore we.

Avuga ati: “Uyu Escort yarimo akiza komanda we, wari kurwana n’umugore we. Komanda yahise amurasa mu mutwe ahita agwaho.”

Ay’amakuru anavuga kandi ko ibi byabereye neza mu Muhana wa Sebele, uherereyehe muri Secteur ya Ngandja, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ay’amakuru kandi yaje kwemezwa n’umuyobozi waka gace k’i Sebele, bwana Sungura Oredi, aho yavuze ko umurwayi wa Biloze Bishambuke ko yishwe, arashwe n’umukomanda we, ndetse avuga ko nyuma yuko uwo mu rwanyi yari arangije kwicwa, Maï Maï iyobowe n’uwo mukomanda wicanye, yahise ihungira ahatazwi kuva mu joro ryo ku wa Kane rishira ku wa Gatanu, kugeza n’ubu twandika aho iherereye ntiharamenyekana.

Yagize ati: “Komanda yatonganye n’umugore we, bityo igihe ushinzwe uburinzi bwe yashakaga kubakiza, shebuja yahise amurasa mu mutwe arapfa. Twahageze dutabaye dusanga umurambo w’uwishwe urambitse hasi, muruharambuga. Mu gihe Maï Maï yo kera yari yamaze kuva muri ako gace.”

Uyu muyobozi waka gace k’i Sebele, yanaboneyeho asaba inzego za leta zikorera muri ibi bice byo muri teritware ya Fizi, gukora ibishoboka byose bakagarura umutekano, ndetse kandi abarwayi ba Maï Maï barinyuma y’ubu bugizi bwanabi bakabiryozwa.

Ibi byabaye mu gihe n’ubundi Abaturage baturiye imisozi yo muri teritware ya Fizi, bagize igihe basaba leta ko yagira icyo ikoze igakura abaturage mu kaga baterwa na Wazalendo.

Ahanini iyi Wazalendo irabanyaga ibyabo kandi ikanabakoresha imirimo yagahato, nko kwikorera imizigo yabo ku ngufu, no kubatangisha imisoro y’umurengera.

           MCN.
Tags: Biloze BishambukeFiziKomandaYishe umurwanyi we
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba FARDC babiri bishwe batwitswe n’abaturage mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abasirikare ba FARDC babiri bishwe batwitswe n'abaturage mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?