• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y’uko komanda wo muri Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2024
in World News
0
Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y’uko komanda wo muri  Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Komanda w’umutwe witwaje intwaro uzwi kw’izina rya Maï Maï Biloze Bishambuke yishe umurwayi we akoreshe imbunda.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni mu ijoro ryo ku wa Kane rishira ku wa Gatanu, tariki ya 14/06/2024, nibwo umuyobozi mukuru wa Maï Maï Biloze Bishambuke yishe arashe umurwayi we wari ushinzwe uburinzi bwe(Escort), ahita agwa aho, nk’uku amasoko yacu dukesha iy’inkuru abivuga.

Amasoko yacu avuga ko ibyabaye, byabaye igihe c’isaha ya saa moya ziryo joro ryo ku wa Kane. Ko kandi komanda wakoze ubwo bwicanyi yarashe umurwanyi wari ushinzwe uburinzi bwe, ubwo yashakaga gukiza uyu komanda, warimo urwana n’umugore we.

Avuga ati: “Uyu Escort yarimo akiza komanda we, wari kurwana n’umugore we. Komanda yahise amurasa mu mutwe ahita agwaho.”

Ay’amakuru anavuga kandi ko ibi byabereye neza mu Muhana wa Sebele, uherereyehe muri Secteur ya Ngandja, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ay’amakuru kandi yaje kwemezwa n’umuyobozi waka gace k’i Sebele, bwana Sungura Oredi, aho yavuze ko umurwayi wa Biloze Bishambuke ko yishwe, arashwe n’umukomanda we, ndetse avuga ko nyuma yuko uwo mu rwanyi yari arangije kwicwa, Maï Maï iyobowe n’uwo mukomanda wicanye, yahise ihungira ahatazwi kuva mu joro ryo ku wa Kane rishira ku wa Gatanu, kugeza n’ubu twandika aho iherereye ntiharamenyekana.

Yagize ati: “Komanda yatonganye n’umugore we, bityo igihe ushinzwe uburinzi bwe yashakaga kubakiza, shebuja yahise amurasa mu mutwe arapfa. Twahageze dutabaye dusanga umurambo w’uwishwe urambitse hasi, muruharambuga. Mu gihe Maï Maï yo kera yari yamaze kuva muri ako gace.”

Uyu muyobozi waka gace k’i Sebele, yanaboneyeho asaba inzego za leta zikorera muri ibi bice byo muri teritware ya Fizi, gukora ibishoboka byose bakagarura umutekano, ndetse kandi abarwayi ba Maï Maï barinyuma y’ubu bugizi bwanabi bakabiryozwa.

Ibi byabaye mu gihe n’ubundi Abaturage baturiye imisozi yo muri teritware ya Fizi, bagize igihe basaba leta ko yagira icyo ikoze igakura abaturage mu kaga baterwa na Wazalendo.

Ahanini iyi Wazalendo irabanyaga ibyabo kandi ikanabakoresha imirimo yagahato, nko kwikorera imizigo yabo ku ngufu, no kubatangisha imisoro y’umurengera.

           MCN.
Tags: Biloze BishambukeFiziKomandaYishe umurwanyi we
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba FARDC babiri bishwe batwitswe n’abaturage mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abasirikare ba FARDC babiri bishwe batwitswe n'abaturage mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?