• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y’uko komanda wo muri Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2024
in World News
0
Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y’uko komanda wo muri  Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Komanda w’umutwe witwaje intwaro uzwi kw’izina rya Maï Maï Biloze Bishambuke yishe umurwayi we akoreshe imbunda.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Ni mu ijoro ryo ku wa Kane rishira ku wa Gatanu, tariki ya 14/06/2024, nibwo umuyobozi mukuru wa Maï Maï Biloze Bishambuke yishe arashe umurwayi we wari ushinzwe uburinzi bwe(Escort), ahita agwa aho, nk’uku amasoko yacu dukesha iy’inkuru abivuga.

Amasoko yacu avuga ko ibyabaye, byabaye igihe c’isaha ya saa moya ziryo joro ryo ku wa Kane. Ko kandi komanda wakoze ubwo bwicanyi yarashe umurwanyi wari ushinzwe uburinzi bwe, ubwo yashakaga gukiza uyu komanda, warimo urwana n’umugore we.

Avuga ati: “Uyu Escort yarimo akiza komanda we, wari kurwana n’umugore we. Komanda yahise amurasa mu mutwe ahita agwaho.”

Ay’amakuru anavuga kandi ko ibi byabereye neza mu Muhana wa Sebele, uherereyehe muri Secteur ya Ngandja, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ay’amakuru kandi yaje kwemezwa n’umuyobozi waka gace k’i Sebele, bwana Sungura Oredi, aho yavuze ko umurwayi wa Biloze Bishambuke ko yishwe, arashwe n’umukomanda we, ndetse avuga ko nyuma yuko uwo mu rwanyi yari arangije kwicwa, Maï Maï iyobowe n’uwo mukomanda wicanye, yahise ihungira ahatazwi kuva mu joro ryo ku wa Kane rishira ku wa Gatanu, kugeza n’ubu twandika aho iherereye ntiharamenyekana.

Yagize ati: “Komanda yatonganye n’umugore we, bityo igihe ushinzwe uburinzi bwe yashakaga kubakiza, shebuja yahise amurasa mu mutwe arapfa. Twahageze dutabaye dusanga umurambo w’uwishwe urambitse hasi, muruharambuga. Mu gihe Maï Maï yo kera yari yamaze kuva muri ako gace.”

Uyu muyobozi waka gace k’i Sebele, yanaboneyeho asaba inzego za leta zikorera muri ibi bice byo muri teritware ya Fizi, gukora ibishoboka byose bakagarura umutekano, ndetse kandi abarwayi ba Maï Maï barinyuma y’ubu bugizi bwanabi bakabiryozwa.

Ibi byabaye mu gihe n’ubundi Abaturage baturiye imisozi yo muri teritware ya Fizi, bagize igihe basaba leta ko yagira icyo ikoze igakura abaturage mu kaga baterwa na Wazalendo.

Ahanini iyi Wazalendo irabanyaga ibyabo kandi ikanabakoresha imirimo yagahato, nko kwikorera imizigo yabo ku ngufu, no kubatangisha imisoro y’umurengera.

           MCN.
Tags: Biloze BishambukeFiziKomandaYishe umurwanyi we
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba FARDC babiri bishwe batwitswe n’abaturage mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abasirikare ba FARDC babiri bishwe batwitswe n'abaturage mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?