• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye icyateye imirwano ikaze ihanganishije imitwe ibiri ya Maï Maï, mu misozi ya teritware ya Fizi.

minebwenews by minebwenews
June 8, 2024
in World News
0
Hamenyekanye icyateye imirwano ikaze ihanganishije imitwe ibiri ya Maï Maï, mu misozi ya teritware ya Fizi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatandatu, hubuye imirwano yahanganishije imitwe ibiri ya Maï Maï, mu misozi miremire yo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni imirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ikaba ihanganishije Maï Maï Biloze Bishambuke na CNPSC ya General Hamuri Yakutumba, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Mu makuru ari kuvugwa n’abaturage baturiye ibi bice byo muri teritware ya Fizi, avuga ko uru rugamba rwo gusubiranamo ku mutwe wa Maï Maï Biloze Bishambuke iyobowe n’uwiyita Col Ngomanzito, n’undi wo uyobowe na General Hamuri Yakutumba, ko rwabereye mu gace ka Kabanju no ku musozi wa Sarah byo mu majyepfo ashira uburengerazuba bwa Komine Minembwe.

Kandi ko uruhande rwa General Yakutumba rushigikiwe na Gen Assani Mbakanyi wo mubwoko bw’Abanyindu, mu gihe Biloze Bishambuke yo iri kumwe na Red Tabara umutwe witwara Gisirikare urwanya leta y’u Burundi.

Nk’uko biri gusobanurwa n’aba baturage bavuga ko ukutumvikana hagati y’izi mpande zihanganye ko byatangiye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, bigeze kuri uyu wa Gatandatu haba uguhangana bakoresheje imbunda.

Byanavuzwe kandi ko ayamakimbirane yavutse muri Maï Maï ava ku nyama z’inka banyaze Abanyamulenge.

Ay’amakuru akomeza avuga ko kugeza ubu isaha z’u mugoroba intambara ikirimo hagati y’izi mpande zombi zihanganye, kandi ko uru rugamba ruri kumvikanamo imbunda ziremereye ndetse n’izito.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice yagize ati: “Kugeza ubu turi kumva urusaku rw’imbunda, kandi barwaniye kuri Sarah no mu Kabanju.”

Ibi bibaye mu gihe hari amakuru avuga ko General William Yakutumba ari kwitegura kwerekeza mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho bivugwa ko ashaka kuja ku rwanya M23 igize igihe ihanganye n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu butumwa bwa majwi bwatanzwe n’abamwe mu ba Maï Maï bo muri Kivu y’Epfo, bwagiye bunyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga, bwavuga ko William Yakutumba ari we uzabasha guhagarika M23 kudafata umujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru uwo uyu mutwe usatira gufata.

Tubibutsa ko ndetse m23 yamaze no kugira ibice bimwe ifata byo muri Kivu y’Amajy’epfo, ahanini muri teritware ya Kalehe.

             MCN.
Tags: Biloze BishambukeKabanjuMaï MaïYasubiranyemo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyimbitse ku rugamba rwabaye ku mugoroba w’ejo hashize, rubereye mu duce tubiri turi mu nkengero za Kanyabayonga.

Menya ibyimbitse ku rugamba rwabaye ku mugoroba w'ejo hashize, rubereye mu duce tubiri turi mu nkengero za Kanyabayonga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?