• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi yasabye mugenzi we Trump akacyanga

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 28, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi yasabye mugenzi we Trump akacyanga
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi yasabye mugenzi we Trump akacyanga

You might also like

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage?

U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC

Perezida wa leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yanze ubusabe bwa perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo wa musabye guhura na we mu buryo bw’ibanga.

Ni umubonano Tshisekedi yasabye mugenzi we wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika ubwo bari mu nama y’inteko rusange y’umuryango w’Abibumbye ya 80 yaberaga i New York ahari icyicaro gikuru cy’uyu muryango.

Nk’uko ayamakuru yashyinzwe hanze n’umuntu wo hafi na Tshisekedi ariko utarashatse ko amenyekana yagize ati: “Umukuru w’igihugu cya Amerika Donald Trump yanze guhura mu buryo bw’ibanga na Tshisekedi mu nama rusange y’umuryango w’Abibumbye.”

Yarakomeje ati: “Perezida Tshisekedi yanamusabye guhura na we nyuma y’iriya nama rusange y’umuryango w’Abibumbye ya 80 yateranye hagati muri iki cyumweru, na byo Trump arabyanga.”

Igihugu cya RDC Tshisekedi abereye umukuru w’igihugu kuva mu mwaka wa 2019, cyakomeje kurangwamo n’intambara z’urudaca, aho Ingabo ze zihanganye bikomeye n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho mu Burasizuba bw’icyo gihugu.

Uyu mutwe umaze no kwigarurira ibice byinshi birimo n’imijyi ikomeye yo muri ubwo Burasirazuba, nka Goma na Bukavu n’indi.

Kuva Trump yagera ku ngoma yakunze kugaragaza ubushake bwo kurangiza intambara ibera muri iki gihugu, ni mu gihe yagiye ahuza u Rwanda rusanzwe rushinja RDC gukorana n’umutwe wa bajenosideri wa FDLR n’iki gihugu perezida Felix Tshisekedi abereye umukuru w’igihugu.

Ntibizwi icyo Tshisekedi yashakaga ko baganira cyane na Trump, ariko biragagara ko atari kubura ku mubwira iby’iyi ntambara imaze imyaka myinshi ibera mu gihugu cye.

Tags: TrumpTshisekedi
Share39Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka Ese wari uzi ko mu bihe bya kera cyane, Afurika...

Read moreDetails

RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage?

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage?

RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage? Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), igihugu gifite igice kinini cya kobaliti ikoreshwa ku rwego rw’isi yose,...

Read moreDetails

U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC

U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix...

Read moreDetails

Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni

Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni Inyandiko z’iperereza zatangiye kujya ahagaragara mu myaka ishize zerekanye isura ikomeye...

Read moreDetails

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara Ibibazo bya Zaïre byongeye kwigaragaza mu Karere k’Ibiyaga Bigari, noneho bigaragarira i Bujumbura, aho u Burundi busa n’uburi gusubiramo...

Read moreDetails
Next Post
Isi yose ibireba amateka y’iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y’amagare yakurikiwe bidasanzwe

Isi yose ibireba amateka y'iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y'amagare yakurikiwe bidasanzwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?