• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye igihugu Israel igambiriye kugabamo igitero.

minebwenews by minebwenews
April 21, 2025
in World News
0
Hamenyekanye igihugu Israel igambiriye kugabamo igitero.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye igihugu Israel igambiriye kugabamo igitero.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Igisirikare cya Israel kirimo gutegura kugaba ibitero ku bigo bya gisirikare bikora intwaro za nucleaire muri Iran.

Ni amakuru yatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, aho byagaragaje ko Israel irimo gutegura kugaba ibitero ku bigo bya gisirikare bikora intwaro za nucleaire bya Iran mu minsi mike iri mbere.

Reuters ivuga ko ubuyobozi bwa Israel bwamaze kugeza ku bayobozi ba Leta Zunze ubumwe z’Amerika uko gahunda yo kugaba ibi bitero iteye.

Ariko kandi Reuters yavuze ko umwe mu bayobozi ba Israel yayibwiye ko ntacyemezo cya nyuma kirafatwa.

Kurundi ruhande, Amerika ntishigikiye Israel, kuko perezida Donald Trump ashigikiye inzira y’amahoro.

Ikinyamakuru cya The New York Times nacyo giheruka gutangaza ko Trump yanze icyifuzo cya Israel cyo kugaba ibitero kuri Iran, ngo kuko we ashaka amahoro n’ituze.

Uyu mukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ubushize yabwiye itangazamakuru ko adashaka imivurungano y’intambara.

Yagize ati: “Ntabwo nshaka kwihutira intambara. Ndifuza ko Iran yaba igihugu cyiza, gituje, kandi abantu bakabaho neza. Ibyo nibyo nshira imbere.

Hagataho, Iran nayo nticyecyetse, kuko yamaze gutahura umugambi wa Israel wo kuyitera.

Ndetse umwe mu bayobozi bo muri Iran yabwiye Reuters ko bafite amakuru yizewe avuga ko Israel irimo kuja kubatera.

Iran ikaba igize igihe ivuga ko izihorera igihe cyose Israel yo yitera.

Tags: IranIsraelKuyitera
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igitero ihuriro ry’ingabo za Congo zagerageje kugaba mu Minembwe ku munsi wa Pasika.

Iby'igitero ihuriro ry'ingabo za Congo zagerageje kugaba mu Minembwe ku munsi wa Pasika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?