• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ikintu kigayitse cyatumye umwalimu w’amashuri yiyahura, muri Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
August 20, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ikintu kigayitse cyatumye umwalimu w’amashuri yiyahura, muri Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ikintu kigayitse cyatumye umwalimu w’amashuri yiyahura, muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ahar’ejo tariki ya 19/08/2024, nibwo amakuru mabi ababaje ya menyekanye, avuga ko Umwalimu w’amashuri abanza n’ayisumbuye muri Kamituga y’imanitse kubera umushahara we wahagaritswe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Byavuzwe ko Mwalimu wabuze ubuzima bwe kubera umushahara, yahoraga y’igisha ku bigo bitandukanye byo mu bice bya Kamituga ho muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Aya makuru anavuga ko uyu Mwalimu yi yishe akoresheje umugozi, aho yawufashe awushira mu ijosi, ibyo bakunze kuvuga ko ari ukwimanika, arangije awumanika hejuru ku giti, nk’uko byanagaragajwe n’amashusho yashizwe hanze.

Ubuhamya twahawe kuri MCN, buvuga ko uyu Mwalimu, yakoze iki gikorwa kigayitse, nyuma y’uko yari amaze igihe kingana n’amezi atatu atabona umushahara we, ni mu gihe yari aheruka guhembwa mu kwezi kwa Kane uyu mwaka w’ 2024.

Amakuru akomeza avuga ko umurambo wa nyakwigendera ko waje gutoragurwa ku munsi w’ejo hashize, nyuma y’uko hari habanje kuba igikorwa cyo ku mushaka kuko batari bazi ko yapfuye, ndetse byanakekwa ko yishwe n’abagizi banabi. Usibye ko byagiye bivugwa kandi ko uyu Mwalimu yabanje kubiganiriza inshuti ze kenshi, ababwira ko aziyica ngo kubera leta yahagaritse umushahara we.

Cyokoze, ibi byo guhagarika imishahara y’abakozi ba leta, ahanini abakora akazi k’ubwalimu n’ikiganga no mu zindi serivisi, bikunze kwibonekeza kenshi muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kabone niyo waba ufite matirikire.

Bityo bikaba biri mu bituma abenshi bagira uburakari ndengakamere, abenshi bikabaviramo guhunga iki gihugu, none dore abandi batangiye kwiyahura.

Ibi bikaba byateje urugambo rw’inshi mu bice iki gikorwa cyabereyemo, ndetse n’ahandi mu bindi bice aya makuru yagezemo.

            MCN.
Tags: KamitugaMwengaUmwalimuYiyahuye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y'uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?