• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hamenyekanye ikiri gukorwa kugira ngo abiciwe mu kabari n’umuhungu wa Tshisekedi batabisakuza

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 7, 2025
in Conflict & Security
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ikiri gukorwa kugira ngo abiciwe mu kabari n’umuhungu wa Tshisekedi batabisakuza

You might also like

Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe

RDC : Umutwe wa AFC/M23 wakomeje kurushaho kwegera Mwenga-Centre, FARDC n’ingabo z’u Burundi zikizwa n’amaguru

BREAKING NEWS: Indege ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yateye ibisasu mu baturage bo muri Masisi na Walikale

Umuryango wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, uri gutanga akayabo ka mafaranga ku biciwe n’umuhungu w’uyu mukuru w’iki gihugu, be kubisakiza, hubwo bamuhishyire.

Umuhungu wa perezida Tshisekedi witwa Anthony, ku wa gatandatu tariki ya 04/10/2025, ni bwo yarekuriye amasasu ku bantu bari mu kabari, bamwe barakomereka, mu gihe undi umwe we yahise yitaba Imana ako kanya.

Bivugwa ko yabikoreye mu kabari ka Nuovo gaherereye muri komine ya Gombe, mu mujyi wa Kinshasa.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko uyu muhungu wa Tshisekedi usanzwe wiyita igikomangoma cya RDC, yateje akavuyo muri ako kabari, nyuma yo kugahuriramo n’inkumi n’urundi rubyiruko rutandukanye.

Ubwo rero yatezaga akavuyo muri ako kabari, akaza kurekura urufaya rw’amasasu, umwe mubakozi bako yaje guhitanwa n’ayo abandi akabakomeretsa.

Amakuru akavuga ko kuri ubu umuryango wa perezida w’iki gihugu cya RDC, uri gutanga ibihumbi 20 by’amadorali ya America, ngo abiciwe batavuga ko Anthony Tshisekedi ko ari we wamwishe amurashe.

Usibye uwarashwe agapfa, n’abandi bagakomeretswa, hari n’abakubiswe bahindurwa intere, nk’uko aya makuru abigaragaza.

Tags: AkabariAkayaboTshisekedi
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe

Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe Indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yongeye gukora ibitero byo mu...

Read moreDetails

RDC : Umutwe wa AFC/M23 wakomeje kurushaho kwegera Mwenga-Centre, FARDC n’ingabo z’u Burundi zikizwa n’amaguru

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
AFC/M23/MRDP Irasatira Mwenga-Centre Mu gihe Intambara ikomeje Kwiyongera Muri Kivu zombi

RDC : Umutwe wa AFC/M23 wakomeje kurushaho kwegera Mwenga-Centre, FARDC n'ingabo z'u Burundi zikizwa n'amaguru Amakuru aturuka mu baturage ndetse n’inzego z’umutekano muri Kivu y’Amajyepfo yemeza ko abarwanyi...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Indege ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yateye ibisasu mu baturage bo muri Masisi na Walikale

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
AFC/M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu Yaruguru

BREAKING NEWS: Indege ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yateye ibisasu mu baturage bo muri Masisi na Walikale Indege y’intambara ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25...

Read moreDetails

RDC: Imirwano Ikaze Yongeye Kubura Hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Abambari Bayo i Walikale

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
RDC: Twirwaneho iraburira ku bitero bishobora kwibasira Abanyamulenge

RDC: Imirwano Ikaze Yongeye Kubura Hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Abambari Bayo i Walikale Imirwano ikaze yongeye kubura mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki ya 27/11/2025,...

Read moreDetails

AFC/M23 ikomeje kwegera Mwenga-Centre na Kamituga

by Bahanda Bruce
November 26, 2025
0
AFC/M23 ikomeje kwegera Mwenga-Centre na Kamituga

AFC/M23 ikomeje kwegera Mwenga-Centre na Kamituga Amakuru akurwa mu bice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyepfo yemeza ko abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 bakomeje kwagura icyerekezo cy’imirwano, aho bari kwegera...

Read moreDetails
Next Post
Undi Muzalendo yapfuye nyuma y’uko basubiranyemo na FARDC

Undi Muzalendo yapfuye nyuma y'uko basubiranyemo na FARDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?