Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye impamvu ingendo z’Abanye-kongo zigana Canada n’Amerika zahagaritswe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 25, 2024
in World News
0
Hamenyekanye impamvu ingendo z’Abanye-kongo zigana Canada n’Amerika zahagaritswe.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impamvu ingendo z’Abanye-kongo zigana Canada n’Amerika zahagaritswe.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Icyizere cy’impunzi z’Abanye-kongo zari zitegereje kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Canada cyayoyotse nyuma y’uko izo ngendo za subitswe kubera icyorezo cy’ubushita bw’inkende.

Amakuru ava muri iki gihugu cy’u Burundi, avuga ko iz’i ngendo zasubitswe mu gihe cy’iminsi 21 nubwo izo mpunzi zo zigaragaza ko zari ziteguye kwerekeza muri USA na Canada.

Umuryango mpuzamahanga wita ku bimukira OIM watangaje ko wahagaritse ingendo mu gihe cy’iminsi 21 kubera icyorezo cy’inkende(Monkeypox).

Ni icyemezo cyafashwe nyuma yo kubona ko icyo cyorezo kiri gukwira kwira cyane mu bihugu nka RDC n’u Burundi.

Minisitiri y’ubuzima mu Burundi iheruka gutangaza ko imaze kubona abantu 171 barwaye icyo cyorezo nyuma y’ukwezi kumwe gusa umuntu wa mbere agaragaye muri icyo gihugu.

Minisitiri w’ubuzima mu Burundi, Dr Lyduine Baradahana, yagaragaje ko muri abo 137 bakirwariye mu bitaro 26, ni mu gihe Repubulika ya demokarasi ya Congo yemeje ko imaze kugira abantu 3500 banduye ubushita bw’inkende.

Guhagarika ingendo si ukurinda abagenzi gusa ahubwo ni no kwirinda ko ibihugu byabakira bishobora kwisanga hinjiyemo ufite ubwo burwayi.

Mu nkambi zitandukanye impunzi zari ziteguye kwerekeza muri ibyo bihugu zagaragaje ko zatengushywe no gusubika ingendo kandi bari ziteguye kugenda.

OIM yashimangiye ko iri gukorana bya hafi na minisiteri z’u Burundi , Canada n’Amerika kugira hashakirwe hamwe igisubizo cy’uburyo byasubukurwa.

              MCN.
Tags: Ingendo z'Abanye-kongoZahagaritswe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post

Sotheby's introduces cryptocurrency sales with a famous Banksy work

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?