Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye impamvu umuhanda uhuza umujyi wa Goma na Kibumba ndetse ukomeza ujya muri Rutshuru ufunzwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2024
in Regional Politics
1
Hamenyekanye impamvu umuhanda uhuza umujyi wa Goma na Kibumba ndetse ukomeza ujya muri Rutshuru ufunzwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impamvu umuhanda uhuza umujyi wa Goma na Kibumba ndetse ukomeza ujya muri Rutshuru ufunzwe.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ukuva ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize, nibwo ubuyobozi bw’Ingabo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bwategetse ko umuhanda wa Goma-Kibumba na Rutshuru ufungwa, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu basirikare ba FARDC baherereye muri ibyo bice.

Bavuga ko ibyo byabaye nyuma y’uko abarwanyi ba M23 bari bakoze operasiyo idasanzwe yasize ihitanye abarwana ku ruhande rwa leta benshi, ahanini bagwiriyemo abacanshuro, ingabo z’u Burundi na FARDC.

Nk’uko byasobanuwe n’uko iyo operasiyo idasanzwe yakozwe n’abarwanyi ba M23 bayikoreye mu gace ka Kilimanyoka na Kanyamahoro, muri teritware ya Nyiragongo, aha akaba ari ibice byegereye umujyi wa Goma, bityo biviramo gufunga umuhanda wa Goma-Kibumba mu rwego rwo kwimira M23 itinjira muri Goma.

Byanavuzwe kandi ko muri Kanyamahoro na Kilimanyoka, ko haheruka guterwa ibisasu biremereye nabyo ubwabyo, bikaba byarishye abasirikare benshi abandi nabo barakomereka bo muri uru ruhande rw’ingabo za leta ya Kinshasa.

Kubera izo mpamvu urwego rw’igisirikare ruyoboye i Ntara ya Kivu Yaruguru, rwahise rutanga itegeko ko uyu muhanda wa Goma-Kibumba, ufungwa, kuva kuri uyu wa Gatandatu w’i Cyumweru dusoje, kugeza n’ubu twandika.

Hagati aho, mu turere twinshi dukunze kuberamo intambara twagaragayemo agahenge kuva ku Cyumweru no kuri uyu wa Mbere, nyuma y’urugamba rukaze rwari rumaze iminsi irenga 10 rubera i Kanyabayonga hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Urugamba bivugwa ko rwaguyemo abasirikare benshi ba rwanirira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

               MCN.
Tags: Goma-KibumbaIntara ya Kivu YaruguruRutsuruUfunzweumuhanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.

Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w'ejo hashize, ahatuwe n'Abanyamulenge benshi.

Comments 1

  1. Pingback: Umujyi wa Goma usigaye iheruheru – MARIS POST

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?