• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye impamvu y’amasasu yaraye yumvikanye avugira mu bice by’i Ndondo ya Bijombo.

minebwenews by minebwenews
August 8, 2024
in World News
0
Hamenyekanye impamvu y’amasasu yaraye yumvikanye avugira mu bice by’i Ndondo ya Bijombo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impamvu y’amasasu yaraye yumvikanye avugira mu bice by’i Ndondo ya Bijombo.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ahagana isaha zibiri z’ijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wa Kane nibwo mu bice byo ku Murambya habaye kurasana hagati ya Twirwaneho na FARDC ariko bivugwa ko bari bikanganye.

Iy’imirwano hagati ya Twirwaneho n’Ingabo za FARDC zikorera mu bice byo muri Grupema ya Bijombo, yabereye muri tumwe mutubira two ku Murambya hafi n’umuhana wo Kuwumugethi.

Amakuru Minembwe Capital News ikesha abaturage baturiye ibyo bice avuga ko iyo mirwano yabaye mu buryo butunguranye kandi ko yabaye mu gihe impande zombi zari zihuriye muri ako gace ko ku Murambya.

Buri ruhande rwabonye urwabo, haba ukwikangana maze karahava, bararasana bikomeye.

Gusa, aya makuru avuga ko iz’i mpande zombi kozarasanye umwanya utari munini, nk’uko byavuzwe ngo byamaze byibuze nk’iminota iri hagati y’itanu n’umunani.

Umusirikare umwe wo mu ngabo za FARDC byarangiye akomerekeye muri icyo gitero gitunguranye, ndetse bivugwa ko yakomeretse bikabije kuko yarashwe munda.

Ku ruhande rwa Twirwaneho, amakuru twahawe n’uko ntawakomerekeye kandi ntanuwaguye muri icyo gitero.

Ibyo byabaye mu gihe muri aka karere harihagize igihe hari agahenge ka mahoro, usibye ko ingabo za FARDC zikunze gushinjwa kunyaga abaturage ndetse kandi bagasahura n’imirima yabo utaretse ko kandi izi ngabo ziryw n’amatungo yabo, Inka, intama n’ihene.

          MCN.
Tags: FardcIraswa ry'amasasuKu Ndondo ya BijomboMurambya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibyimbitse ku ntambara iri gutegurwa yo kurwanya Abanyamulenge.

Hamenyekanye ibyimbitse ku ntambara iri gutegurwa yo kurwanya Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?