• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye indi gahunda Leta ya RDC yafashe ku byo gusenya FDLR.

minebwenews by minebwenews
September 16, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye indi gahunda Leta ya RDC yafashe ku byo gusenya FDLR.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye indi gahunda Leta ya RDC yafashe ku byo gusenya FDLR.

You might also like

Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha

Amayobera ku Iturika ry’Intwaro ku Musaga: Imibare Itavugwaho Rumwe n’Agahinda k’Ababuze Ababo Bikomeje Gushimangira Ibibazo

U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

Ni minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC, Thérèse Wagner, wongeye gutera utwatsi gahunda yo gusenya burundu umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda, usanzwe ukorera ku butaka bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Gusenya burundu umutwe wa FDLR, ni umwanzuro wari uheruka gufatwa n’abakuriye ubutasi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, u Rwanda na Angola mu nama idasanzwe iheruka kubera i Rubavu mu gihugu cy’u Rwanda.

Mu Cyumweru gishize, tariki ya 14/09/2024, nibwo dipolomasi y’u Rwanda na RDC bahuriye muri Angola, mu nama yigiraga hamwe icyakorwa mu gukemura amakimbirane amaze igihe hagati ya RDC n’u Rwanda.

Gahunda yo gusenya burundu umutwe wa FDLR iri mu ngingo zimaze igihe ziganirwaho, ndetse amakuru avuga ko abakuru b’ubutasi bamaze kwemeranyaho uko ibi bihugu bizafatikanya ku wusenya.

Abaminisitiri b’ubabanye n’amahanga b’ibihugu byombi bari bamaze guhabwa raporo y’uburyo buzakorwa kugira ngo basenyagure FDLR, ariko ibi Leta ya perezida Félix Tshisekedi yamaze kuyitera umugongo.

Biri mu byanatumye nta myanzuro ifatirwa i Luanda mu Nama yari yahuje aba baminisitiri ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru dusoje.

Amakuru ava i Luanda anahamya neza ko minisitiri Thérèse Wagner yateye utwatsi iyo gahunda, mu gihe byari byaremejwe n’abakuru b’ubutasi b’ibihugu bitatu ku ya 29 no ku ya 3/08/2024.

Ibindi kandi n’uko minisitiri Wagner yamaganye ibyo kuba igihugu cye cyajya mu mishyikirano n’umutwe wa M23.

Raporo zitandukanye zirimo n’iza Loni zagiye zemeza ibihe byinshi ko FDLR ikorana byahafi na Leta ya Kinshasa kandi ko ifasha byinshi ubu butegetsi. Bikaba biri mu bikekwa ko ari yo mpamvu Kinshasa idashaka kurimbura uyu mutwe.

Andi makuru yo kuruhande, ahamya ko perezida Félix Tshisekedi wa RDC arindwa n’abarwanyi ba FDLR nyuma yo kutizera uburinzi bw’Ingabo z’iki gihugu cye.

       MCN.
Tags: BurunduGusenya FDLRIndi gahundaRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha

by Bahanda Bruce
April 8, 2026
0
Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha

Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha Mu ijambo ryagejejwe ku bitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100...

Read moreDetails

Amayobera ku Iturika ry’Intwaro ku Musaga: Imibare Itavugwaho Rumwe n’Agahinda k’Ababuze Ababo Bikomeje Gushimangira Ibibazo

by Bahanda Bruce
April 8, 2026
0
Byinshi ku nkongi n’iturika ry’intwaro mu bubiko bwazo i Bujumbura

Amayobera ku Iturika ry'Intwaro ku Musaga: Imibare Itavugwaho Rumwe n’Agahinda k’Ababuze Ababo Bikomeje Gushimangira Ibibazo Nyuma y’icyumweru kirenga habaye impanuka ikomeye y’iturika ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi, riherereye...

Read moreDetails

U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

by Bahanda Bruce
April 7, 2026
0
U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi Mu gihe u Rwanda n’Isi yose batangiye icyumweru cyo Kwibuka Jenoside...

Read moreDetails

Antonio Guterres Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Gukura Amasomo ku Gutsindwa mu Kurinda Abariho

by Bahanda Bruce
April 7, 2026
0
Antonio Guterres Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Gukura Amasomo ku Gutsindwa mu Kurinda Abariho

Antonio Guterres Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Gukura Amasomo ku Gutsindwa mu Kurinda Abariho Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yasabye umuryango mpuzamahanga kwiga ku makosa yo mu bihe byashize,...

Read moreDetails

Amasezerano ya Washington: Amahoro Avugwa mu Magambo, Gushyirwa mu Bikorwa Bikomeje Gutsikamira ku Nzitizi Zikomeye

by Bahanda Bruce
April 7, 2026
0
Amasezerano ya Washington: Amahoro Avugwa mu Magambo, Gushyirwa mu Bikorwa Bikomeje Gutsikamira ku Nzitizi Zikomeye

Amasezerano ya Washington: Amahoro Avugwa mu Magambo, Gushyirwa mu Bikorwa Bikomeje Gutsikamira ku Nzitizi Zikomeye Amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) n’u...

Read moreDetails
Next Post
Hari bikekwa byatumye imyigaragambyo idakorwa muri Uvira.

Hari bikekwa byatumye imyigaragambyo idakorwa muri Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?