• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye uburyo Abakomanda ba biri ba M23 barashweho ibisasu baza kuhasiga ubuzima.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye uburyo Abakomanda ba biri ba M23 barashweho ibisasu baza kuhasiga ubuzima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye uburyo Abakomanda ba biri ba M23 bapfuye mu gihe bari barashweho ibisasu by’ihuriro ry’imitwe ikorana n’igisirikare ca RDC k’u rwanya umutwe w’inyeshamba wa M23.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Nk’uko bya vuzwe ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bagize igihe batera ibasasu ahatuwe n’abaturage benshi mu bice bya teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Amakuru avuga ko n’ubwo RDC n’abambari babo FDLR, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, bakomeje gushotora umutwe wa M23 ariko uy’u mutwe wa M23 wo, wakomeje kubahiriza amasezerano yoguhagarika Intambara nk’uko byasobanuwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, mu itangazo yashize hanze tariki ya 17/01/2024.

Ahagana rero ku wa Kabiri, tariki ya 16/01/2024, ibitero by’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bya komeje kuraswa ahatuwe n’abaturage mu nkengero za Santire ya Mushaki, mu bilometre 37 n’u Mujyi wa Goma, niho ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bahisemo kohereza Abasirikare babo kuja guhumuriza abaturage bityo rero abagiye guhumuriza abaturage barimo Abakomanda ba biri ba M23 baza kuhasiga ubuzima.

Mu itangazo rigufi M23 yashize hanze ku wa Gatatu, ryariho umukono w’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, ntiyavuze amazina yabo bakomanda bahasize ubuzima. Ariko amakuru yanyuze ku mbuga nkoranya yavuga ko hapfuye Colonel Castro Elise Mberabagabo, wari ushinzwe ubutasi muri M23 n’uwitwa Bahati bivugwa ko yakomeretse.

Umwe mu barwanyi ba M23 yahamirije Minembwe Capital News ko Colonel Bahati yabanjye gukomereka aza kugwa mu bitaro byahafi aho.

Gusa umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, nyuma y’urupfu rwa ba basirikare, ba biri atashatse kuvuga amazina, yavuze ko ubutumwa ubutegetsi bwa Kinshasa ba bohereje ba bunye ko rero nabo bagiye kubasubiza mugihe atatangaje.

Ibi bya nashimangiwe na Major Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, aho yagize ati: “Twa bubonye ubutumwa ubutegetsi bwa Kinshasa badutumyeho, rero natwe tugiye kubasubiza.”

Abakunzi ba M23 nyuma yari riya tangazo ribika abasirikare ba M23, bahise batangira guha Morale Ingabo za M23 umwe witwa Sugira Mireille, yaranditse agira ati: “Wa wili wakufe watatu wasonge walio baki watajenga inshi.”

Naho uwitwa Kevine Muhire, yagize ati: “Ubwo Ingabo za RPF Inkotanyi zari zimaze kubura Gen Gisa Rwigema, abenshi bibwiye ko birangiye ariko ntibya bujije ko RPF Inkotanyi ifata igihugu c’u Rwanda. Turizeye turanabizi ko M23 izafata, igakura abaturage mu kaga bagizemo igihe.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abakomanda ba biri ba M23Uburyo barashwe barapfa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Abo mu Ishyaka rya MLC, rya minisitiri w’Ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, ntibacana uwaka na CENI ishinzwe gutegura Amatora muri RDC.

Abo mu Ishyaka rya MLC, rya minisitiri w'Ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, ntibacana uwaka na CENI ishinzwe gutegura Amatora muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?