• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye uburyo Abakomanda ba biri ba M23 barashweho ibisasu baza kuhasiga ubuzima.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye uburyo Abakomanda ba biri ba M23 barashweho ibisasu baza kuhasiga ubuzima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye uburyo Abakomanda ba biri ba M23 bapfuye mu gihe bari barashweho ibisasu by’ihuriro ry’imitwe ikorana n’igisirikare ca RDC k’u rwanya umutwe w’inyeshamba wa M23.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nk’uko bya vuzwe ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bagize igihe batera ibasasu ahatuwe n’abaturage benshi mu bice bya teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Amakuru avuga ko n’ubwo RDC n’abambari babo FDLR, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, bakomeje gushotora umutwe wa M23 ariko uy’u mutwe wa M23 wo, wakomeje kubahiriza amasezerano yoguhagarika Intambara nk’uko byasobanuwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, mu itangazo yashize hanze tariki ya 17/01/2024.

Ahagana rero ku wa Kabiri, tariki ya 16/01/2024, ibitero by’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bya komeje kuraswa ahatuwe n’abaturage mu nkengero za Santire ya Mushaki, mu bilometre 37 n’u Mujyi wa Goma, niho ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bahisemo kohereza Abasirikare babo kuja guhumuriza abaturage bityo rero abagiye guhumuriza abaturage barimo Abakomanda ba biri ba M23 baza kuhasiga ubuzima.

Mu itangazo rigufi M23 yashize hanze ku wa Gatatu, ryariho umukono w’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, ntiyavuze amazina yabo bakomanda bahasize ubuzima. Ariko amakuru yanyuze ku mbuga nkoranya yavuga ko hapfuye Colonel Castro Elise Mberabagabo, wari ushinzwe ubutasi muri M23 n’uwitwa Bahati bivugwa ko yakomeretse.

Umwe mu barwanyi ba M23 yahamirije Minembwe Capital News ko Colonel Bahati yabanjye gukomereka aza kugwa mu bitaro byahafi aho.

Gusa umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, nyuma y’urupfu rwa ba basirikare, ba biri atashatse kuvuga amazina, yavuze ko ubutumwa ubutegetsi bwa Kinshasa ba bohereje ba bunye ko rero nabo bagiye kubasubiza mugihe atatangaje.

Ibi bya nashimangiwe na Major Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, aho yagize ati: “Twa bubonye ubutumwa ubutegetsi bwa Kinshasa badutumyeho, rero natwe tugiye kubasubiza.”

Abakunzi ba M23 nyuma yari riya tangazo ribika abasirikare ba M23, bahise batangira guha Morale Ingabo za M23 umwe witwa Sugira Mireille, yaranditse agira ati: “Wa wili wakufe watatu wasonge walio baki watajenga inshi.”

Naho uwitwa Kevine Muhire, yagize ati: “Ubwo Ingabo za RPF Inkotanyi zari zimaze kubura Gen Gisa Rwigema, abenshi bibwiye ko birangiye ariko ntibya bujije ko RPF Inkotanyi ifata igihugu c’u Rwanda. Turizeye turanabizi ko M23 izafata, igakura abaturage mu kaga bagizemo igihe.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abakomanda ba biri ba M23Uburyo barashwe barapfa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Abo mu Ishyaka rya MLC, rya minisitiri w’Ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, ntibacana uwaka na CENI ishinzwe gutegura Amatora muri RDC.

Abo mu Ishyaka rya MLC, rya minisitiri w'Ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, ntibacana uwaka na CENI ishinzwe gutegura Amatora muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?