• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hamenyekanye ukuri kw’iyicwa ry’impunzi y’umu Nyamulenge uheruka kwicwa arashwe Munkambi ya Nyarugusu homug’ihugu ca Tanzania.

minebwenews by minebwenews
July 17, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamulenge uheruka kwicwa arashwe Munkambi y’impunzi ya Nyarugusu ngo y’ishwe azirako baketse kwakorana n’a M23.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe n’a : Bruce Bahanda, kw’itariki 17/07/2023, saa 6:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wa Kane w’iki Cyumweru gishize n’ibwo havuzwe inkuru y’urupfu rwumugabo w’umunyamulenge w’ishwe arashwe naba Polisi batatu(3) ba Tanzania ndetse nabasivile b’impunzi bo mubwoko bwa b’Apfurero n’a Babembe bahunze bava mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.

Nkuko ayamakuru tuyakesha bamwe mumpunzi za Nyarugusu homuri Tanzania babwiye Minembwe Capital News, ko murukerera rwo kuwa Kane bunvise imbunda zivuga murugo rwumugabo w’umunyamulenge w’ishwe murico gitondo maze abaturanyi babyuka batabaye basanga abarimo kurasa n’abantu bambaye imyenda ya Polisi y’igihugu ca Tanzania ndetse naba Sivile bo mubwoko bwab’Apfulero naba Bembe basanzwe arimpunzi.

Ati: “Imbunda zamaze kuvuga tubyuka dutabara, dusanga kurugo rwanyakwigendera hari imodoka ya Gipolisi, hari abapolisi batatu abandi bari Impunzi zisanswe bo mubwoko bwa b’Apfurero n’a Babembe, bahunze bava mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.”

Umwe murizi mpunzi yabwiye Minembwe Capital News ko icaba carateye ko Nyakwigendera yicwa ko habaye gutanga amakuru muri Polisi ya Tanzania ko uwishwe yari umusirikare mukuru mungabo za M23 ahamya ko ayamakuru yatanzwe n’impunzi za Babembe bahunze bava RDC.

Yagize ati : “Habaye gutanga amakuru nabi muri Polisi ya Tanzania. Aba bapolisi nabo ntibakora inshingano zabo ngobabanze bagenzure nkuko byagakozwe, Aba Bembe batanze inkuru ko uyu Munyamulenge ari umusirikare wa M23 n’imugihe uwishwe yazize iPhoto ya Papa we wumusirikare yari yashize kuri plofile ye.”

Yakomeje atanga ubuhamya ati: “Ubwo bari bamaze kwinjira munzu y’uwishwe babanjye kumubyutsa barangije batangira kumukubita ibipasu bamusaba kuzana imbunda ngo n’imyenda yagisirikare, Nyakwigendera nawe yabasubizaga ko ibyo bamubwira atabizi kuko nubundi ibyumbunda ntiyarabizi. Nyuma baje kumwica bamurashe. Umurambo we bawushira mumudoka ya Gipolisi, barigendera.”

Amakuru amaze kumenyekana nuko ubwo aba bicanyi bajanaga Umurambo wuwo bari bamaze kwica w’umunyamulenge abo bahise banashimuta umurundi womubwoko bwa Batutsi usanzwe arimpunzi Nyarugusu, uzwi kwizina rya Norbert ukekwa nawe ko yarinshuti y’uwishwe.

Ibi birangiye ubuyobozi bwa UNHCR Munkambi ya Nyarugusu bafashe umuryango w’uwishwe bawegereza kuri station ya Polisi ishinzwe gucungera Impunzi za Nyarugusu. Polisi isezeranya ko igiye gukora Iperereza ry’imbitse kurupfu rwuwishwe arashwe azira gukekwaho kuba umusirikare womungabo za M23.

Inkambi y’impunzi ya Nyarugusu igizwe n’impunzi zirenga 110,000, murizo harimo izahunze ziva Congo Kinshasa zirenga ibihumbi 60,000.

Tags: akekwahoM23Munkambi y'impunziNyarugusuTanzaniaUmunyamulengewishwe arashwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Amashirahamwe atandukanye akorera kubutaka bw'aCongo Kinshasa, aratabaza ko Ubutegetsi bwa Kinshasa burimo guhohotera abenegihugu.

Comments 1

  1. NGARUKIYE frank says:
    2 years ago

    Izonkora maraso igihe nikigera muzabiryozwa naho tutabona abaturenganura kupfu zaburi munsi kwisi hose Imana izaturenganura
    Mumenyeko bucya bwitwa ejo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?