Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 3, 2025
in Regional Politics
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w’iki gihugu yamwemereye guhura nawe bakaganira akantu ku kandi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’Umuvugizi wa perezida Felix Tshisekedi, ari we Tina Salama.

Uyu muvugizi akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Perezida Tshisekedi, arashimira ubumwe bw’i gihugu byerekanwe na Martin Fayulu, kandi aremeza ko afite ubushake bwo guhura na we mu rwego rwo kurokora iki gihugu mu byago bibangamira inzego zacu n’ubusugire bw’igihugu.”

Aba bagabo bombi bari basanzwe batavuga rumwe, nyuma yuko muri 2018 Tshisekedi yashinjwe kwibirwa intsinzi y’amatora y’umukuru w’igihugu, ni mu gihe bivugwa ko Martin Fayulu ari we wari watsinze.

Ibyo kuba Martin Fayulu ari we wari watsinze ariya matora byanemejwe na Corneille Nangaa wari ukuriye komisiyo ishinzwe amatora izwi nka CENI nubwo yabyemeye nyuma yigihe kirekire.

Nk’uko Nanga yabisobanuye yagize ati: “Martin Fayulu ni we watorewe kuyobora RDC mu 2018, ariko bibangombwa ko Tshisekedi yibirwa amajwi.”

Yakomeje avuga ko ibyo ko byari bishigikiwe n’ubutegetsi bwariho icyo gihe ndetse n’imiryango Mpuzamahanga. Ashyiramo na Monusco ko na yo yaribiri inyuma.

Hagataho, Tshisekedi yemeye guhura na Martin Fayulu nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 02/06/3025, yamusabye kuganira n’abo batavuga rumwe mu rwego rwo kugira ngo bavane iki gihugu mu kaga.

Ikindi kandi Martin Fayulu yasabye Joseph Kabila uheruka kugera i Goma kuhava, ubundi kandi amubwira ko bitari bikwiye ko ahitira mu gice cyabohojwe n’abasenya igihugu.

Nyamara ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko Tshisekedi aheruka guhura mu ibanga rikomeye n’uyu munyapolitiki Martin Fayulu ukuriye ishyaka rya ACID, ndetse kandi ni na we mukuru w’ihuriro ry’imitwe ya politiki yibumbiye mu cyitwa Lamuka.

Tags: guhuraMartin FayuluTshisekedi
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya gisirikare cy’i ngabo z’u Burundi mu Bijabo.

Ingabo z'u Burundi na FDLR zigaba ibitero ku Banyamulenge zamaganwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?