• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

minebwenews by minebwenews
June 3, 2025
in Regional Politics
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w’iki gihugu yamwemereye guhura nawe bakaganira akantu ku kandi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’Umuvugizi wa perezida Felix Tshisekedi, ari we Tina Salama.

Uyu muvugizi akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Perezida Tshisekedi, arashimira ubumwe bw’i gihugu byerekanwe na Martin Fayulu, kandi aremeza ko afite ubushake bwo guhura na we mu rwego rwo kurokora iki gihugu mu byago bibangamira inzego zacu n’ubusugire bw’igihugu.”

Aba bagabo bombi bari basanzwe batavuga rumwe, nyuma yuko muri 2018 Tshisekedi yashinjwe kwibirwa intsinzi y’amatora y’umukuru w’igihugu, ni mu gihe bivugwa ko Martin Fayulu ari we wari watsinze.

Ibyo kuba Martin Fayulu ari we wari watsinze ariya matora byanemejwe na Corneille Nangaa wari ukuriye komisiyo ishinzwe amatora izwi nka CENI nubwo yabyemeye nyuma yigihe kirekire.

Nk’uko Nanga yabisobanuye yagize ati: “Martin Fayulu ni we watorewe kuyobora RDC mu 2018, ariko bibangombwa ko Tshisekedi yibirwa amajwi.”

Yakomeje avuga ko ibyo ko byari bishigikiwe n’ubutegetsi bwariho icyo gihe ndetse n’imiryango Mpuzamahanga. Ashyiramo na Monusco ko na yo yaribiri inyuma.

Hagataho, Tshisekedi yemeye guhura na Martin Fayulu nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 02/06/3025, yamusabye kuganira n’abo batavuga rumwe mu rwego rwo kugira ngo bavane iki gihugu mu kaga.

Ikindi kandi Martin Fayulu yasabye Joseph Kabila uheruka kugera i Goma kuhava, ubundi kandi amubwira ko bitari bikwiye ko ahitira mu gice cyabohojwe n’abasenya igihugu.

Nyamara ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko Tshisekedi aheruka guhura mu ibanga rikomeye n’uyu munyapolitiki Martin Fayulu ukuriye ishyaka rya ACID, ndetse kandi ni na we mukuru w’ihuriro ry’imitwe ya politiki yibumbiye mu cyitwa Lamuka.

Tags: guhuraMartin FayuluTshisekedi
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya gisirikare cy’i ngabo z’u Burundi mu Bijabo.

Ingabo z'u Burundi na FDLR zigaba ibitero ku Banyamulenge zamaganwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?