
Haravugwa ubushamirane mwihuriro ry’ishaka (Ibyama) rya Lamuka, muri Republika ya democrasi ya Congo (RDC).
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 12.04.2023, Saa 7:07 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru amaze kuja hanze nuko abayobozi bari mubumwe bwishaka Lamuka bafitanye amakimbirane ayama makimbirane akaba arihagati ya Martin Fayulu, wabayeho umukandinda mumatora yumukuru w’Igihugu yabaye mumwaka wa 2018 akaba atavuga rumwe ninararibonye muri Politike bwana Adolphe Muzito.
Martin Fayulu, ashinja Adolphe Muzito, nishaka rye(Le Nouvel Elan), kutagira uruhare mubikorwa byumwe bwabo ikindi Kandi Martin Fayulu aheruka nogutangaza ko muminsi iza uwitwa Mathieu Kalele azayobora ubumwe bwa Lamuka.
Ibi byakomeje kubabaza abagize ishaka rya Le Nouvel Elan.
Bwana Adolphe Muzito, avuga ko ibyo Martin Fayulu akomeza kuzana mubuyobozi bwabo nabyo bikomeza kuzana umwaka mubi mugihugu nomubadashaka ihuriro rya Lamuka.




