Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa icyoba kidasanzwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 27, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa icyoba kidasanzwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa icyoba kidasanzwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Abayobozi b’amashyaka atavuga rubumwe n’ubutegetsi bw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi rya CNDD FDD, batangaje ko bafite ubwoba bwinshi, nyuma y’inama bakoranye n’abayobozi biri shyaka riri ku butegetsi.

Iyi nama yahuje ay’amashyaka yitabiriwe n’abayobozi bayo batandukanye, aho yabaye tariki ya 11 na 12 z’uku kwezi kwa Cyenda uyu mwaka. Ni nama yabereye mu bice byo mu ntara ya Burunga, mu majyepfo y’igihugu cy’u Burundi.

Ibitangaza makuru byo mu gihugu cy’u Burundi, dukesha iy’inkuru byavuze ko ishyaka rya UPRONA na CNL batewe ubwoba bwinshi ni shyaka riri ku butegetsi ko mu gihe bakomeza ibikorwa bidahuye n’ibyiri shyaka riri ku butegetsi, ngo mu gihe kirimbere bazirengera ingaruka zabyo.

Bamwe mu bayobozi b’aya mashyaka babwiye ikinyamakuru cya SoS Media Burundi ko icyabateye ubwoba cyane kurusha ibindi, ari uko abayobozi bayo mu karere ka Giharo mu ntara ya Burunga, bagarutsweho cyane muri iyi nama.

Nk’uwitwa Juma Théoneste uherutse kuva muri CNDD FDD akinjira murya UPRONA yagaragaje cyane mu nama yo ku wa 11/09/2024, ko imyitwarire ye ikwiye gukorwaho iperereza ryihariye.

Indi nama nk’iyi yabereye mu karere ka Giharo tariki 20/09/2024, yari ihuriwemo n’abarimo bose bigisha mu mashuri yo mu karere ka Giharo, umunyamabanga wa CNDD FDD mu karere ka Musongati witwa Rénovat Hakizimana, yihanangiriza abarimu batabarizwa mu ishyaka rya CNDD FDD ko umwalimu wese uzagerageza gutanga ibindi bitekerezo bidafite aho bihuriye n’ibyo ishyaka rya CNDD FDD ryigisha azabizira.

Ibi akaba ari byo byateye ubwoba bwinshi bamwe mu bayobozi bakuru bo mu ishyaka rya UPRONA na CNL, kubera ko ubusanzwe bazi neza ko ibitangiye ari imvugo birangira bishyizwe mu bikorwa.

Banasabye inzego zirebwa n’ibyo, cyane cyane iz’umutekano, kubaba hafi kuko bafitiye ubwoba bwibyavuzwe.

             MCN.
Tags: BurundiCNDD FDDCNLIcyoba cyinshiUPRONA
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe inzitizi zikomeye mu birego RDC yareze u Rwanda mu rukiko rwa EACJ.

Hagaragajwe inzitizi zikomeye mu birego RDC yareze u Rwanda mu rukiko rwa EACJ.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?