• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Haravugwa Imigumuko Mugisirikare Ca Republika iharanira Democrasi Ya Congo, Gen Mugabo Na Mayanga Bamaze Kwitandukanya na FARDC.

minebwenews by minebwenews
February 27, 2023
in Uncategorized
3
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa imigumuko mungabo za Republika iharanira democrasi ya Congo, mumakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko Général Major Mayanga na Général de brigade Mugabo, wahoze muri Pareco, bamaze kwitandukanya niki gisirikare ca FARDC.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Nkuko umwe mungabo za Republika iharanira democrasi ya Congo, yabyiganiye umunyamakuru wa Minembwe Capital News, Bruce Bahanda, yagize ati: “Amakuru niyo abo bagabo bitandukanyije nigisirikare ca FARDC, ngo bara bahamagaye muri Eta Major ya Goma, batinya kwitaba bo bari bamaze kumenya ko burizwa indege baje Kinshasa, kuja kwisigura uburyo bahunze Kitchanga ija mumaboko ya M23 .”

Uyu musirikare utashatse ko izina rye rimenyekana yakomeje atubwira ko “Aba Colonels bose barwanye muri Kitchanga na Kirolirwe barafuzwe rero Mugabo na Mayanga bari barababwiye ko Mushaki itazafatwa na M23 ntibafungwa kimwe nabandi bari kumwe dore kwaribo bari banayoboye muri Kitchanga na Kirorirwe.”

General Mugabo na Mayanga bari bahawe amabwiriza akomeye yokurwana kugeza kugitonyanga canyuma ariko ntibatererane ubutaka bwa Congo ntibufatwe ningabo z’ihetse Isezerano aribo M23. gutinya kwitaba kuri Goma muri Eta Major bari babizi neza ko bazagerayo bafungwa ikindi bari bazi nuko batari bafite ubushobozi bwo gutsinda M23.

Ikindi uyumusirikare yabwiye Minembwe Capital News, nuko: “Ibikoresho igisirikare ca Republika iharanira democrasi ya Congo cabahaye muribyo ibyishi barabijanye babiha ab’Ahutu babo na FDLR batangira kwitegura, ubu bari mumisozi ya Masisi, aho bagiye muma eneo yabo bateguje kugira bazahangane na M23 ariko batari muri FARDC.”

“Bagiye kubaho nka Maimai na FDLR, bigenga badakorera kuri gahunda ya l’état ya Congo Kinshasa, nabo bagiye kurema indi rébellion shya ngo yokurwanya M23 nabatutsi. Uko niko abantu bavuze ariko ibo ntaco barabwira itangaza makuru.”

“Biyemeje kwinjira ishamba kubera amakuru bari bakiriye yuko bagiye gufungwa, bamaze kurema undi mutwe aho bikekwa kwari Pareco dore kwariyo Mugabo yahozemo, uyu mutwe uzarwanya abahetse isezerano(M23), mumakuru ari guhwihwiswa nuko batazarwana na FARDC.”

Naho imirwano irakomeje muri Eastern ya Drc, hagati ya M23 ningabo za Republika iharanira democrasi ya Congo (FARDC), aho byemezwa ko M23 yamaze gufata igice kinini cumujyi wa Sake bikanemezwa ko abaturage bo muruyu mujyi bakomeje guhunga berekeza iya Goma.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Président Félix Tshisekedi, Ari Murugendo m'Ubusuwisi, Mugihe Igihugu Ce Intambara Ibica Bigacika Muburasirazuba Bwa Congo.

Comments 3

  1. Gasore says:
    3 years ago

    ABa ba Général se bakwiyunze n’a M23
    Bakareka kwicamo ibicye naho ubumwe nimbaraga birukane reta ya Kinshasa bave Ku macyakubiri ya Moko

    • Bruce Bahanda says:
      3 years ago

      Baracafite agahayo ko kurwanya M23.

  2. free dating sites in iran says:
    3 years ago

    free site for dating single free dating sites without registering dating
    sites absolutely free free dating sites in iran

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?