• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa impinduka muri Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
February 21, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa impinduka muri Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sama Lukonde wari minisitiri w’intebe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yasabye kwegura kuri uwo mwanya.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20/02/2024, bwana minisitiri w’intebe Sama Lukonde yagejeje ibarua y’u bwegure bwe kuri perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo.

Minisitiri w’intebe yeguye ku mirimo ye kuko agomba kujya mu nteko nshinga mategeko nyuma y’uko atorewe kuyobora inteko nshinga mategeko, mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku badepite n’umwanya w’u mukuru w’igihugu.

Biravugwa ko hari n’abandi bayobozi bohejuru bagomba kwegura, harimo na minisitiri witangaza makuru, akaba ari n’umuvugizi wa Guverinema ya Kinshasa, Patrick Muyaya. Haravugwa kandi na Bahati Rukwebo wari perezida wa Sena akaba yahawe izindi nshingano mu nteko nshinga mategeko, ndetse we akaba yaramaze no gusezera kuri izi nshingano, hari kandi n’uwari minisitiri wa mashuri nawe wamaze kweguzwa, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ikinyamakuru cya Actualite CD.

Ku bari basanzwe muri Guverinoma ya Sama Lukonde bakaba baratorewe kuba abadepite, byaje kuba ikibazo cyabanjye kuzana agasaku kuko bifuza ga kuba boguma mu myamya basanganwe bakongera no gukora mu myamya mishya, gusa ubusabe bwabo ntibwashimwe kuko babwiwe ko niba byarigeze kuba muri RDC kuri ubu bitoshoboka. Bakimara gutorerwa kuba abadepite bagomba guhitamo hamwe habanogoye, niba ari ukuguma muri Guverinoma cyangwa se bakajya aho batorewe.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko muri cyo gihe babuze amahitamo, n’ibwo bahitishijwemo iminsi icumi n’itanu, mugihe muriyo minsi babuze amahitamo bazaba bagiye gutakaza imyamya yose.

Biteganijwe ko hashirwaho abagize Sena bashya, ibyo byose bikazaja kugera mu mpera z’u kwezi kwa Kane byarangiye kugira Guverinoma nshya izashirweho mu kwezi kwa Gatanu, uyu mwaka.

Abarimo na minisitiri w’intebe Sama Lukonde waraye agejeje ibarua y’u bwegure bwe kuri perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, bageze muriyi Guverinoma mu kwezi kwa Kabiri, umwaka w’2021.

Uy’u mwanya wa minisitiri w’intebe muri RDC, abenshi mu Banyekongo bari gusaba ko wo habwa Jean Pierre Bemba Gombo, usanzwe ari minisitiri w’intebe w’ungirije akaba ari na minisitiri w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Abasabira Jean Pierre Bemba Gombo kuba minisitiri w’intebe na banyekongo basanzwe biyita abanyekongo bukuri(Congolais de père et de mère). Bemba Gombo ngo yashimwe cyane kubushake yagaragaje mu ntambara RDC ihanganyemo n’ingabo za General Sultan Makenga.

                 MCN.
Tags: Impinduka muri Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya CongoSama Lukonde
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyakoze impinduka ku murongo w’u rugamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyakoze impinduka ku murongo w'u rugamba mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?