• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Haravugwa impinduka zikomeye muri Korea yaruguru ndetse Perezida Kim Jong Un, yahamagariye ingabo ze kwitegura intambara.

minebwenews by minebwenews
August 10, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kim Jong Un, yirukanye umuyobozi w’igisirikare anasaba iki gihugu kwitegura intambara.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 10/08/2023, saa 1:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nikuri uyu wa Kane(4), ibiro Ntaramakuru bya Guverinoma ya Koreya ya Ruguru( KCNA), byatangaje ko umukuru w’igihugu ca Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un ko yirukanye ku mirimo ye umuyobozi w’igisirikare wakoraga mungabo zohejuru anasaba ko hakorwa imyiteguro myinshi y’intambara, kongera ingufu mu ntwaro, ndetse no kwagura imyitozo ya gisirikare mungabo ze.

Amakuru aravuga ko Kim yabivugiye mu nama ya Komisiyo Nkuru ya Gisirikare yaganiriwemo ibijyanye na gahunda zo guhangana n’abanzi ba Koreya ya Ruguru batavuzwe amazina.

Ibi biro ntara makuru bya Koreya KCNA, bikaba byatangaje ko General mukuru mu gihugu, wari umuyobozi w’ingabo (Chief of the General Staff ), Pak Su Il “Yirukanwe”. Yari amaze amezi agera kuri arindwi ahawe izi nshingano.

Gen Pak yasimbuwe na Gen. Ri Yong Gil, wahoze ari minisitiri w’ingabo, ndetse wanabaye umuyobozi mukuru w’ingabo zisanzwe.

Gen Ri, yigezeho kuba umugaba mukuru w’ingabo. Ubwo yasimburwaga mu mwaka wa 2016. Kwirukanwa kwe ndetse no kutitabira ibirori bya leta byatumye muri Koreya y’Epfo havugwa ko yishwe. Yongeye kugaragara nyuma y’amezi make, ubwo yahabwaga undi mwanya mukuru.

Amakuru akomeza avuga kandi ko Kim yashyizeho umuhigo wo kwagura ubushobozi bwo gukora intwaro, nta gutanga ibisobanuro birambuye. Mu cyumweru gishize yasuye inganda z’intwaro aho yasabye ko hubakwa moteri nyinshi za misile, imbunda zirasa kure n’izindi ntwaro.

Amafoto yashyizwe ahagaragara na KCNA yerekanye Kim atunga urutoki i Seoul no mu turere dukikije umurwa mukuru wa Koreya y’Epfo ku ikarita.

Amerika yashinje Koreya ya Ruguru guha intwaro u Burusiya kubera intambara yabwo muri Ukraine, harimo ibisasu bya rutura, roketi na misile. U Burusiya na Koreya ya Ruguru byahakanye ibyo birego.

Tags: ImpindukaKim Jong InKorea yaruguruMugisirikare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Inka za Batutsi muri RDC zikomeje kwicwa no kunyagwa n'imitwe ishigikiwe na Guverinoma ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?