• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa urunturuntu hagati ya perezida Joe Biden na minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa urunturuntu hagati ya perezida Joe Biden na minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika yi yamye minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu, gukomeza kugaba ibitero mu Ntara ya Gaza.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni perezida JOE BIDEN, waburiye ubutegetsi bwa Israel, by’u mwihariko Minisitiri w’intebe, Benjamin Netanyahu, kureka gukomeza kugaba ibitero byo ku butaka mu mujyi wa Rafah, uherereye mu majyepfo y’i Ntara ya Gaza.

Ibi Joe Biden akaba yavuze ko ari ikosa rikomeye, nk’uko bivugwa n’ibitangaza makuru byinshi harimo na RFI dukesha iy’inkuru.

Nyuma, ibiro bya minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, byahise bisohora itangazo, rivuga ko Netanyahu agiye kohereza itsinda rya bashinzwe umutekano i Washington DC kuganira n’ubutegetsi bwa USA, ibijyanye n’umujyi wa Rafah uherereye mu majyepfo y’intara ya Gaza, akaba ariho hasigariye ibirindiro bikomeye bya Hamas n’indi mitwe iyishamikiyeho.

Ni mu gihe kandi Netanyahu ubwe yatangaje ko yahakaniye perezida Joe Biden ibyo guhagarika imirwano kuri Hamas, yavuze ko intego ye ari ukurandura burundu umutwe wa Hamas.

Joe Biden na Netanyahu baherukaga kugirana ibiganiro tariki 15/02/2024. Byari ibiganiro by’ibanze ku ntambara iri mu Ntara ya Gaza; aha naho Biden yasabye Netanyahu guhagarika ibitero muri iriya Ntara ya Gaza.

RFI, dukesha iy’i nkuru ivuga ko Joe Biden adashaka kwerekena uruhande ashigikiye, ngo mu gihe byagaragaye ko ashigikiye Israel byazatuma atsindwa amatora ateganijwe kuba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

           MCN.
Tags: Joe BidenNetanyahu BenjaminNtibacana uwaka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ishyaka rya PPRD, ry’u wahoze ari perezida wa RDC , ryagize icyo rivuga kuri mushiki wa Joseph Kabila, uri gushakishwa n’urwego rw’u butasi muri RDC.

Ishyaka rya PPRD, ry'u wahoze ari perezida wa RDC , ryagize icyo rivuga kuri mushiki wa Joseph Kabila, uri gushakishwa n'urwego rw'u butasi muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?