• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari byavuzwe biri bukorwe mu myigarambyo iteganywa none i Nairobi muri Kenya.

minebwenews by minebwenews
August 8, 2024
in Regional Politics
0
Hari byavuzwe biri bukorwe mu myigarambyo iteganywa none i Nairobi muri Kenya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari byavuzwe biri bukorwe mu myigarambyo iteganywa none i Nairobi muri Kenya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Kuri uyu wa Kane tariki ya 08/08/2024, urubyiruko rwateguye imyigaragambyo simusiga igamije kwirukana perezida William Ruto ku butegetsi na Guverinoma ye.

Urubyiruko ruzwi ku izina rya Gen Z nirwo rwateguye kwigarambya uyu munsi ku wa Kane nk’uko biri mu matangazo uru rubyiruko rw’Abanyakenya rwakomeje kunyuza ku mbuga nkoranya mbaga za Facebook na Whatsapp ndetse na x.

Muri bimwe uru rubyiruko rukomeje kugaragaza binatuma rutegura kwigarambya, ruvuga ko rushinja perezida w’iki Gihugu, William Ruto kunanirwa guca ruswa, ubushomeri buri kukigero cyo hejuru ndetse kandi ngo nokuba ubuyobozi bwe ari bubi. Uru rubyiruko rukaba rwavuze ko byanze bikunze arirwo ruzavana perezida William Ruto ku ngoma.

Iy’i myigarambyo igitangira mu mpera z’ukwezi dusoje, uru rubyiruko rwayikoze mu rwego rwo kwamagana umusoro wari watangajwe n’ubutegetsi uwo Abanyagihugu batigeze bishimira nagato.

Ubuyobozi bwa Polisi y’i Nairobi bwa menyesheje abateguye kwigarambya kuri uyu wa Kane ko batagomba gukora ibi bujijwe kandi ko bagomba kubahiriza amategeko mu gihe bazaba bari muri iyo myigarambyo, ndetse ko igihe bibeshye bakarenga kw’itegeko ababifatirwamo bahanwa by’intangarugero.

Perezida William Ruto we yavuze ko Kenya ari igihugu kigendera kuri demokarasi, bityo ko adashaka akaduruvayo.

Imyigarambyo imaze iminsi ibera mu Gihugu cya Kenya imaze kugwamo abantu benshi babarirwa muri 50 irenga, mu gihe abamaze kuyikomerekeramo bo barenga 60 nk’uko byagiye bitangazwa n’ibitangaza makuru byinshi harimo RFI.

           MCN.
Tags: ImyigaragambyoKenyaWilliam Ruto
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu y’amasasu yaraye yumvikanye avugira mu bice by’i Ndondo ya Bijombo.

Hamenyekanye impamvu y'amasasu yaraye yumvikanye avugira mu bice by'i Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?