Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari gikekwa cyatumye uwabaye kandida ku mwanya wa perezida muri RDC, atabwa munzu y’imbohe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 4, 2024
in Regional Politics
0
Hari gikekwa cyatumye uwabaye kandida ku mwanya wa perezida muri RDC, atabwa munzu y’imbohe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari gikekwa cyatumye uwabaye kandida ku mwanya wa perezida muri RDC, atabwa munzu y’imbohe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ku wa mbere tariki ya 02/09/2024, uwigezeho kuba kandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Repubulika ya demokarasi ya Congo mu matora y’ubushyize, Seth Kikuni, yafunzwe mu buryo butemewe n’amategeko, n’abakozi bashinzwe iperereza.

André Claudel wo mu muryango wa Kikuni, abinyujije kurukuta rwa x, yatangaje ifungwa rya mwenewabo, agira ati: “Ku wa mbere tariki ya 02/09/2024, igihe c’isaha ya saa sita, abakozi b’ikigo cya ANR, baherekejwe n’umuyobozi w’intara y’umujyi wa Kinshasa, binjiye mu biro bya Seth Kikuni, bitwaje icyemezo cy’ubutumwa, bamusabye kubakurikira bavuga ko agomba kuvugana n’umuyobozi w’iy’i serivisi. Nyuma yo kuvugana nabi ntibatindiganije gukoresha ingufu, bamuhutaza mbere yo kumujana ku cyicaro gikuru cy’umutekano mu gihugu, giherereye ahateganye n’ibiro bya minisitiri w’intebe. Seth Kikuni afungiye aho adashaka, mugisa nk’ifungwa rya nyaryo.”

Impamvu zatumye atabwa muri yombi ntizatanzwe. Ariko ibi bibaye nyuma y’amasaha make Seth Kikuni ashyize kuri x ubutumwa bwamagana ubwicanyi, bwabaye ku Cyumweru muri gereza ya Makala, akaba aribyo bikekwa by’intandaro y’iri fungwa rye.

Ubwo butumwa bugira buti: “Ubwicanyi bwinshi busa cyane nk’uruhererekane rw’iyicwa ry’abaturage bagombye kurindwa bidasanzwe na Leta. Wazalendo muri Goma, Kilwa, Lwilu, none muri Makala. Ntibishoboka.”

Ahagana mu kwezi kwa Gatandatu uyu mwaka, we na Claude André Lubaya, bari batangije urwego ngishwanama kuri politiki n’imibereho myiza.

Uru rwego rwafatwaga nkururwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bavuga ko bugizwe n’ubwiganze butemewe kandi bwamunzwe na ruswa, butagira umushinga wa politiki nyawo ufitiye igihugu akamaro, kandi butitaye ku mibereho y’abaturage kandi bushishikajwe gusa no gusangira.

           MCN.
Tags: KinshasaSeth Kikuni
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa kuri Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, wa komeretse ukuguru.

Ibivugwa kuri Bobi Wine utavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Uganda, wa komeretse ukuguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?