Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari byaragaragaje ko umujyi wa Goma waba ugiye gufatwa vuba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 11, 2024
in Regional Politics
0
Hari byaragaragaje ko umujyi wa Goma waba ugiye gufatwa vuba.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari byagaragaje ko umujyi wa Goma waba ugiye gufatwa vuba.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni nyuma y’ibyatangajwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politiki Lawrence Kanyuka, aho yagaragaje ko ubwicanyi bukorerwa abasivile i Goma bushobora gutuma babowubohoza vuba, mu rwego rwo kugirira Abanyekongo neza.

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 11/09/2024, mu mujyi wa Goma hongeye kwicirwa umuturage, binavugwa ko yishwe n’umurwanyi wa Wazalendo.

Uwishwe bikavugwa ko yari umunyeshuri wigaga kuri institut ya Mugara, iherereye muri uyu mujyi wa Goma.

Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga, uyu munyeshuri yarasiwe ahitwa Munigi, agace ku yu mujyi wa Goma, ariko ko muri teritware ya Nyiragongo. Akaba yarashwe mu gihe Abazalendo babiri bari bashwanye, mu gihe umwe yaragiye kurasa uwabo ahindukiza imbunda arasa uriya munyeshuri arapfa.

Umuvugizi wa M23 mu bya politiki, yavuze kuri ubwo bwicanyi, agaragaza ko bibabaje cyane ngo kuko Abanyekongo bicirwa i Goma umunsi ku wundi.

Yagize ati: “Imitwe yitwara gisirikare y’ubutegetsi bwa Kinshasa cyane Maï Maï na Wazalendo ntikiri kunyurwa no kwicira abaturage mu mujyi no mu nkambi z’abavuye mu byabo, ahubwo yatangiye gutera abanyeshuri mu mashuri yabo.”

Yakomeje agira ati: “Ni ngombwa kandi birihutirwa guhagarika aya makuba abaturage ba Goma bamaze imyaka irenga ibiri bibasirwa na yo.”

Umujyi wa Goma umaze igihe ukorerwamo ubugome bukabije, ahanini usanga imitwe y’itwaje imbunda ifasha leta ya Kinshasa kurwanya M23 irimo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi ari yo iri nyuma yubwo bwicanyi.

Mu bihe bitandukanye, umutwe wa M23 wagiye utangaza ko ushaka kwirukana ingabo za FARDC n’abambari bazo, ndetse ko kandi ugiye gushyiraho akadomo Kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

             MCN.
Tags: GomaM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Mabusu z’ubutasi bwigisirakare cya RDC zitari zizwi zatahuwe.

Mabusu z'ubutasi bwigisirakare cya RDC zitari zizwi zatahuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?