• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari byaragaragaje ko umujyi wa Goma waba ugiye gufatwa vuba.

minebwenews by minebwenews
September 11, 2024
in Regional Politics
0
Hari byaragaragaje ko umujyi wa Goma waba ugiye gufatwa vuba.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari byagaragaje ko umujyi wa Goma waba ugiye gufatwa vuba.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni nyuma y’ibyatangajwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politiki Lawrence Kanyuka, aho yagaragaje ko ubwicanyi bukorerwa abasivile i Goma bushobora gutuma babowubohoza vuba, mu rwego rwo kugirira Abanyekongo neza.

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 11/09/2024, mu mujyi wa Goma hongeye kwicirwa umuturage, binavugwa ko yishwe n’umurwanyi wa Wazalendo.

Uwishwe bikavugwa ko yari umunyeshuri wigaga kuri institut ya Mugara, iherereye muri uyu mujyi wa Goma.

Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga, uyu munyeshuri yarasiwe ahitwa Munigi, agace ku yu mujyi wa Goma, ariko ko muri teritware ya Nyiragongo. Akaba yarashwe mu gihe Abazalendo babiri bari bashwanye, mu gihe umwe yaragiye kurasa uwabo ahindukiza imbunda arasa uriya munyeshuri arapfa.

Umuvugizi wa M23 mu bya politiki, yavuze kuri ubwo bwicanyi, agaragaza ko bibabaje cyane ngo kuko Abanyekongo bicirwa i Goma umunsi ku wundi.

Yagize ati: “Imitwe yitwara gisirikare y’ubutegetsi bwa Kinshasa cyane Maï Maï na Wazalendo ntikiri kunyurwa no kwicira abaturage mu mujyi no mu nkambi z’abavuye mu byabo, ahubwo yatangiye gutera abanyeshuri mu mashuri yabo.”

Yakomeje agira ati: “Ni ngombwa kandi birihutirwa guhagarika aya makuba abaturage ba Goma bamaze imyaka irenga ibiri bibasirwa na yo.”

Umujyi wa Goma umaze igihe ukorerwamo ubugome bukabije, ahanini usanga imitwe y’itwaje imbunda ifasha leta ya Kinshasa kurwanya M23 irimo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi ari yo iri nyuma yubwo bwicanyi.

Mu bihe bitandukanye, umutwe wa M23 wagiye utangaza ko ushaka kwirukana ingabo za FARDC n’abambari bazo, ndetse ko kandi ugiye gushyiraho akadomo Kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

             MCN.
Tags: GomaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mabusu z’ubutasi bwigisirakare cya RDC zitari zizwi zatahuwe.

Mabusu z'ubutasi bwigisirakare cya RDC zitari zizwi zatahuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?