• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari icyizere cy’uko umubano w’i Gihugu cya Afrika y’Epfo n’u Rwanda waba mwiza nyuma y’ibyavuye mu biganiro by’abakuru b’ibihugu byombi.

minebwenews by minebwenews
April 9, 2024
in Regional Politics
0
Hari icyizere cy’uko umubano w’i Gihugu cya Afrika y’Epfo n’u Rwanda waba mwiza nyuma y’ibyavuye mu biganiro by’abakuru b’ibihugu byombi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragaye ibiganisha ku mubano mwiza w’u Rwanda n’igihugu cya Africa y’Epfo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, bagiranye ibiganiro aho bakoze ku mubano w’i bihugu byombi, nk’uko abayobozi bombi babivuzeho kobagiranye ibiganiro byiza, ndetse Ramaphosa mbere y’uko yurira indege asubira mu gihugu cya Afrika y’Epfo yabwiye itangaza makuru ko yakuye isomo rishya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Ati: “Navanye indi myumvire itandukanye niyo narinfite ku miterere y’ibibazo byo muri Congo. Intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC, igomba gukemurwa munzira za politiki.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/04/2024, yabajijwe icyo yaganiriye na mugenzi we wa Afrika y’Epfo wari waje mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Abatutsi bishwe muri genocide, avuga ko icyo kiganiro cyari cyiza.

Ati: “Twagiranye ikiganiro cyiza, cyabaye umwanya mwiza wo kumva neza ikibazo, kandi birashoboka ko twafatanya mu kugishakira umuti. Njye naranyuzwe.”

Mu ijambo perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatangije avuga mu muhango wo kwibuka, yashimiye Afrika y’Epfo n’amahanga yabaye hafi y’u Rwanda.

Yagize ati: “Mu gihe Afrika y’Epfo yari ishyize iherezo kuri Apartheid; igatora Nelson Mandela nka perezida; mu Rwanda harimo hakorwa genocide yanyuma yo mu kinyejana cya 20.

Afrika y’Epfo yatwishyuriye inzobere z’abaganga bo muri Cuba kugira ngo bazahure urwego rw’u buzima rwacu rwari rwarasenyutse, abanyeshuri bo mu Rwanda babemereye kwiga muri Kaminuza zabo, ndetse bakishyura amafaranga y’imbere mu gihugu. Mu banyeshuri b’Abanyarwanda bafashijwe na Afrika y’Epfo; bamwe bari abana b’imfubyi, abarokotse; abandi bari abana b’abakoze genocide, namwe muri bo babaye abayobozi mu gihugu cyacu munzego zitandukanye, uyu munsi babayeho mu buzima bushya.

Cyirl Ramaphosa mbere y’uko afashe urugendo rwa gusubira mu gihugu cye, yagarutse ku mubano w’i bihugu byombi nyuma ya genocide yakorewe Abatutsi.

Ati: “Dufitenye umubano mwiza n’u Rwanda kandi umaze imyaka myinshi. Mu byukuri mu myaka 30 ishize Genocide yakorewe Abatutsi; perezida Mandela niwe wavuze ko tutatabaye Abanyarwanda kubera ko icyo gihe twari duhugiye mu gushyira iherezo kuri Apartheid. Ibi bihe byarabishikanye nk’intama mu ijoro.

Nyuma y’ibyo bihe Afrika y’Epfo yatangije ibikorwa bitandukanye birimo n’ibyo perezida Paul Kagame yavuze uyu munsi. Ibyo bivuze imibanire myiza iri hagati yacu. Nibyo ni umubano umaze igihe kinini; ariko wahuye n’ibibazo, kuva naba perezida niyemeje kubikemura, mu ijoro ryakeye nagiranye na perezida w’u Rwanda ibiganiro bigamije kureba uko twabyutsa uwo mubano.”

Ibiganiro bya perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Cyril Ramaphosa byanagarutse ku bibazo by’intambara iri mu Burasirazuba bwa RDC, aho ibihugu byombi bemezanije gukemura bafatikanije na SADC.

Afrika y’Epfo ifite abasirikare bagera kuri 2900 mu Burasirazuba bwa RDC.

          MCN.
Tags: Afrika y'EpfoKuba mwizaUmubano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, azindutse yica Inka z’Abatutsi, muri teritware ya Nyiragongo.

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, azindutse yica Inka z'Abatutsi, muri teritware ya Nyiragongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?