• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari icyizere cy’uko umubano w’i Gihugu cya Afrika y’Epfo n’u Rwanda waba mwiza nyuma y’ibyavuye mu biganiro by’abakuru b’ibihugu byombi.

minebwenews by minebwenews
April 9, 2024
in Regional Politics
0
Hari icyizere cy’uko umubano w’i Gihugu cya Afrika y’Epfo n’u Rwanda waba mwiza nyuma y’ibyavuye mu biganiro by’abakuru b’ibihugu byombi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragaye ibiganisha ku mubano mwiza w’u Rwanda n’igihugu cya Africa y’Epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, bagiranye ibiganiro aho bakoze ku mubano w’i bihugu byombi, nk’uko abayobozi bombi babivuzeho kobagiranye ibiganiro byiza, ndetse Ramaphosa mbere y’uko yurira indege asubira mu gihugu cya Afrika y’Epfo yabwiye itangaza makuru ko yakuye isomo rishya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Ati: “Navanye indi myumvire itandukanye niyo narinfite ku miterere y’ibibazo byo muri Congo. Intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC, igomba gukemurwa munzira za politiki.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/04/2024, yabajijwe icyo yaganiriye na mugenzi we wa Afrika y’Epfo wari waje mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Abatutsi bishwe muri genocide, avuga ko icyo kiganiro cyari cyiza.

Ati: “Twagiranye ikiganiro cyiza, cyabaye umwanya mwiza wo kumva neza ikibazo, kandi birashoboka ko twafatanya mu kugishakira umuti. Njye naranyuzwe.”

Mu ijambo perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatangije avuga mu muhango wo kwibuka, yashimiye Afrika y’Epfo n’amahanga yabaye hafi y’u Rwanda.

Yagize ati: “Mu gihe Afrika y’Epfo yari ishyize iherezo kuri Apartheid; igatora Nelson Mandela nka perezida; mu Rwanda harimo hakorwa genocide yanyuma yo mu kinyejana cya 20.

Afrika y’Epfo yatwishyuriye inzobere z’abaganga bo muri Cuba kugira ngo bazahure urwego rw’u buzima rwacu rwari rwarasenyutse, abanyeshuri bo mu Rwanda babemereye kwiga muri Kaminuza zabo, ndetse bakishyura amafaranga y’imbere mu gihugu. Mu banyeshuri b’Abanyarwanda bafashijwe na Afrika y’Epfo; bamwe bari abana b’imfubyi, abarokotse; abandi bari abana b’abakoze genocide, namwe muri bo babaye abayobozi mu gihugu cyacu munzego zitandukanye, uyu munsi babayeho mu buzima bushya.

Cyirl Ramaphosa mbere y’uko afashe urugendo rwa gusubira mu gihugu cye, yagarutse ku mubano w’i bihugu byombi nyuma ya genocide yakorewe Abatutsi.

Ati: “Dufitenye umubano mwiza n’u Rwanda kandi umaze imyaka myinshi. Mu byukuri mu myaka 30 ishize Genocide yakorewe Abatutsi; perezida Mandela niwe wavuze ko tutatabaye Abanyarwanda kubera ko icyo gihe twari duhugiye mu gushyira iherezo kuri Apartheid. Ibi bihe byarabishikanye nk’intama mu ijoro.

Nyuma y’ibyo bihe Afrika y’Epfo yatangije ibikorwa bitandukanye birimo n’ibyo perezida Paul Kagame yavuze uyu munsi. Ibyo bivuze imibanire myiza iri hagati yacu. Nibyo ni umubano umaze igihe kinini; ariko wahuye n’ibibazo, kuva naba perezida niyemeje kubikemura, mu ijoro ryakeye nagiranye na perezida w’u Rwanda ibiganiro bigamije kureba uko twabyutsa uwo mubano.”

Ibiganiro bya perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Cyril Ramaphosa byanagarutse ku bibazo by’intambara iri mu Burasirazuba bwa RDC, aho ibihugu byombi bemezanije gukemura bafatikanije na SADC.

Afrika y’Epfo ifite abasirikare bagera kuri 2900 mu Burasirazuba bwa RDC.

          MCN.
Tags: Afrika y'EpfoKuba mwizaUmubano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, azindutse yica Inka z’Abatutsi, muri teritware ya Nyiragongo.

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, azindutse yica Inka z'Abatutsi, muri teritware ya Nyiragongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?