• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari kwibazwa ibyigiwe mu nama yiswe ko ari amayobera, yabereye mu Mikenke, menya abayibayemo.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2024
in Regional Politics
0
Hari kwibazwa ibyigiwe mu nama yiswe ko ari amayobera, yabereye mu Mikenke, menya abayibayemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari kwibazwa ibyigiwe mu nama yiswe ko ari amayobera, yabereye mu Mikenke, menya abayibayemo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ejo hashize tariki ya 23/07/2024, nibwo mu Mikenke habaye inama yatumye benshi batekereza ko intambara yaba igiye kuba, aho iyo nama yabayemo Ababembe bari bayobowe na Chef Gitongo waje ava muri teritware ya Fizi, nk’uko bivugwa n’abari muri ibyo bice.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iyi nama ko yateguwe na Chef Gitongo, ndetse ko ari nawe wayihagarikiye kugeza irangiye.

Iy’i nama kandi yabayemo n’Ababembe baje bava mu bice byo muri Grupema ya Mutambara muri teritware ya Fizi, udasize n’abandi Babembe basanzwe baturiye aka gace ki Tombwe, ko nabo bayitabiriye kandi bayitabira ku bwinshi, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Icyibizwa n’abenshi n’uburyo Chef Gitongo yagiye gukoresha inama muri Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga, mu gihe we yari abarizwa muri Secteur ya Lulenge muri teritware ya Fizi.

Nk’uko bizwi Chef Gitongo asanzwe ari Chef de Groupement (Grupema) y’Abasimunyaka ho muri Sud(mu majyepfo), muri teritware ya Fizi, kuba yaragiye gukoresha inama muri Secteur ya Itombwe, hari ababibonye ko ari gutegura intambara ku Banyamulenge cyangwa muri aka karere.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice wamenye ay’amakuru y’iyo nama, yavuze ko iyi nama ari amayobera kandi ko nta cyiza cyayigiwemo.

Yagize ati: “Ndahamya ko iyi nama yabaye, kandi nta cyiza cyoyigirwamo, ahanini ndavuga ku Banyamulenge, kuko Gitongo ni umwanzi w’ubwoko bw’Abanyamulenge.”

Yunzemo kandi avuga ati: “Iyo, iza kuba inama iganisha ku ku baka, Chef Gitongo yari guhamagara abaturage baturiye ibi bice ayoboye, akaba ari bo akoresha inama. Ariko kuba yarasimbye, arazenguruka aja gukorera inama mu yindi teritware bigaragaza ko ari gutegura intambara. Ni amayobera wa muntu we!”

Kugeza ubu nta kuri kuzwi ku byigiwe muri iyi nama, ariko kubaho yarabaye, aho byavuzwe ko yatangiye igihe c’isaha z’igicamunsi, iza kurangira isaha z’umugoroba wajoro wo ku wa Kabiri. Ikaba yarabereye neza mu Muhana wa Mikenke hafi n’ahubutse inkambi yabavuye mu byabo kubera intambara. Uyu muhana bavuga ko wabereyemo inama uri hafi kandi n’ikibuga cy’indege cya Mikenke.

              MCN.
Tags: Chef GitongoInamaMikenke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abandi basirikare ba FARDC bakatiwe ibihano birimo ibikakaye muri Kivu y’Epfo.

Abandi basirikare ba FARDC bakatiwe ibihano birimo ibikakaye muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?