Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari kwibazwa ibyigiwe mu nama yiswe ko ari amayobera, yabereye mu Mikenke, menya abayibayemo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 24, 2024
in Regional Politics
0
Hari kwibazwa ibyigiwe mu nama yiswe ko ari amayobera, yabereye mu Mikenke, menya abayibayemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari kwibazwa ibyigiwe mu nama yiswe ko ari amayobera, yabereye mu Mikenke, menya abayibayemo.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni ejo hashize tariki ya 23/07/2024, nibwo mu Mikenke habaye inama yatumye benshi batekereza ko intambara yaba igiye kuba, aho iyo nama yabayemo Ababembe bari bayobowe na Chef Gitongo waje ava muri teritware ya Fizi, nk’uko bivugwa n’abari muri ibyo bice.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iyi nama ko yateguwe na Chef Gitongo, ndetse ko ari nawe wayihagarikiye kugeza irangiye.

Iy’i nama kandi yabayemo n’Ababembe baje bava mu bice byo muri Grupema ya Mutambara muri teritware ya Fizi, udasize n’abandi Babembe basanzwe baturiye aka gace ki Tombwe, ko nabo bayitabiriye kandi bayitabira ku bwinshi, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Icyibizwa n’abenshi n’uburyo Chef Gitongo yagiye gukoresha inama muri Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga, mu gihe we yari abarizwa muri Secteur ya Lulenge muri teritware ya Fizi.

Nk’uko bizwi Chef Gitongo asanzwe ari Chef de Groupement (Grupema) y’Abasimunyaka ho muri Sud(mu majyepfo), muri teritware ya Fizi, kuba yaragiye gukoresha inama muri Secteur ya Itombwe, hari ababibonye ko ari gutegura intambara ku Banyamulenge cyangwa muri aka karere.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice wamenye ay’amakuru y’iyo nama, yavuze ko iyi nama ari amayobera kandi ko nta cyiza cyayigiwemo.

Yagize ati: “Ndahamya ko iyi nama yabaye, kandi nta cyiza cyoyigirwamo, ahanini ndavuga ku Banyamulenge, kuko Gitongo ni umwanzi w’ubwoko bw’Abanyamulenge.”

Yunzemo kandi avuga ati: “Iyo, iza kuba inama iganisha ku ku baka, Chef Gitongo yari guhamagara abaturage baturiye ibi bice ayoboye, akaba ari bo akoresha inama. Ariko kuba yarasimbye, arazenguruka aja gukorera inama mu yindi teritware bigaragaza ko ari gutegura intambara. Ni amayobera wa muntu we!”

Kugeza ubu nta kuri kuzwi ku byigiwe muri iyi nama, ariko kubaho yarabaye, aho byavuzwe ko yatangiye igihe c’isaha z’igicamunsi, iza kurangira isaha z’umugoroba wajoro wo ku wa Kabiri. Ikaba yarabereye neza mu Muhana wa Mikenke hafi n’ahubutse inkambi yabavuye mu byabo kubera intambara. Uyu muhana bavuga ko wabereyemo inama uri hafi kandi n’ikibuga cy’indege cya Mikenke.

              MCN.
Tags: Chef GitongoInamaMikenke
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Abandi basirikare ba FARDC bakatiwe ibihano birimo ibikakaye muri Kivu y’Epfo.

Abandi basirikare ba FARDC bakatiwe ibihano birimo ibikakaye muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?