• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hari Umunyamulenge uri gutabarizwa washimutiwe muri Tanzania.

minebwenews by minebwenews
September 6, 2024
in Uncategorized
0
Hari Umunyamulenge uri gutabarizwa washimutiwe muri Tanzania.
62
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari Umunyamulenge uri gutabarizwa washimutiwe muri Tanzania.

You might also like

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Ni amakuru yatanzwe n’umuryango w’uwashimuswe, avuga ko umuntu wabo witwa Semwanuke Bukuru Ntezeho wari usanzwe ari mpunzi mu nkambi y’impunzi ya Nyarugusu muri Tanzania, yajanwe ahatazwi. Iy’i nkambi ayimazemo imyaka umunani.

Bavuga ko Semwanuke ko yafashwe ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 05/09/2024, kandi ko yafashwe ubwo yari avuye mu kazi.

Nyuma yuko yageze mu nzira agahura n’imodoka yamwitambitse imbere, abari bayirimo bari bambaye imyambaro yagisivile bamusaba ku yinjiramo, undi nawe cyagihe akirimo kubaza impamvu yinjira mu modoka, haza gusohokamo abagabo batatu bahita bayimwurizamo ku ngufu, bamujana iyo umuryango utazi kugeza ubu.

Mukiza Eraste uri mu bavuganye na Minembwe Capital News, yavuze ko Semwanuke washimuswe, ari murumuna we, anavuga ko imodoka yajanye murumuna we, yari iyo mubwoko bwa Prado kandi ko yari ifite ibirahuri bya fime.

Yakomeje avuga ko murumuna wabo yahoraga akora akazi ko gutanga ibiryo muri iyi nkambi y’impunzi ya Nyarugusu, kandi ko yakoranaga n’izindi mpunzi z’Abarundi.

Anahamya ko aho yarimo akorera ako kazi hari hafi no murugo.

Yagize ati: “Ubwo yavaga mu kazi atashye, nibwo yaje kwitambikwa n’imodoka imbere. Aho yarimo akorera yahagendaga nk’iminota itanu gusa n’amaguru, akagera iwe murugo.”

Nyuma yuko Semwanuke yari amaze kurizwa imodoka igihe c’isaha ya saa kenda z’umugoroba ku masaha yo muri Tanzania, nta yandi makuru umuryango we urongera ku menya, bityo bikaba biraje inshinga umuryango we, bagasaba ko uwagira ibindi yamenya cyangwa ku babifitiye ubushobozi bagira icyo bafasha kugira ngo uwashimuswe yongere agere murugo rwe.

Semwanuke washimuswe, ni umugabo w’abana 6, barimo abahungu 4 n’abakobwa 2. Yageze muri iyi nkambi y’impunzi ya Nyarugusu ahunze intambara zo muri RDC, aho yaje aturutse neza mu muhana wa Magunga muri Bibogobogo, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

       MCN.
Tags: SemwanukeTanzaniaUmunyamulengeYashimutiwe
Share25Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

by Bahanda Bruce
March 17, 2026
0
AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC)/M23/MRDP-Twirwaneho byemejwe ko ryamaze gufata mu buryo bwuzuye agace ka Kirungwa, gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,...

Read moreDetails

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails
Next Post
Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakiriye inkingo z’ubushita bw’inkende.

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakiriye inkingo z'ubushita bw'inkende.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?