Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hari Umunyamulenge uri gutabarizwa washimutiwe muri Tanzania.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 6, 2024
in Uncategorized
0
Hari Umunyamulenge uri gutabarizwa washimutiwe muri Tanzania.
62
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari Umunyamulenge uri gutabarizwa washimutiwe muri Tanzania.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni amakuru yatanzwe n’umuryango w’uwashimuswe, avuga ko umuntu wabo witwa Semwanuke Bukuru Ntezeho wari usanzwe ari mpunzi mu nkambi y’impunzi ya Nyarugusu muri Tanzania, yajanwe ahatazwi. Iy’i nkambi ayimazemo imyaka umunani.

Bavuga ko Semwanuke ko yafashwe ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 05/09/2024, kandi ko yafashwe ubwo yari avuye mu kazi.

Nyuma yuko yageze mu nzira agahura n’imodoka yamwitambitse imbere, abari bayirimo bari bambaye imyambaro yagisivile bamusaba ku yinjiramo, undi nawe cyagihe akirimo kubaza impamvu yinjira mu modoka, haza gusohokamo abagabo batatu bahita bayimwurizamo ku ngufu, bamujana iyo umuryango utazi kugeza ubu.

Mukiza Eraste uri mu bavuganye na Minembwe Capital News, yavuze ko Semwanuke washimuswe, ari murumuna we, anavuga ko imodoka yajanye murumuna we, yari iyo mubwoko bwa Prado kandi ko yari ifite ibirahuri bya fime.

Yakomeje avuga ko murumuna wabo yahoraga akora akazi ko gutanga ibiryo muri iyi nkambi y’impunzi ya Nyarugusu, kandi ko yakoranaga n’izindi mpunzi z’Abarundi.

Anahamya ko aho yarimo akorera ako kazi hari hafi no murugo.

Yagize ati: “Ubwo yavaga mu kazi atashye, nibwo yaje kwitambikwa n’imodoka imbere. Aho yarimo akorera yahagendaga nk’iminota itanu gusa n’amaguru, akagera iwe murugo.”

Nyuma yuko Semwanuke yari amaze kurizwa imodoka igihe c’isaha ya saa kenda z’umugoroba ku masaha yo muri Tanzania, nta yandi makuru umuryango we urongera ku menya, bityo bikaba biraje inshinga umuryango we, bagasaba ko uwagira ibindi yamenya cyangwa ku babifitiye ubushobozi bagira icyo bafasha kugira ngo uwashimuswe yongere agere murugo rwe.

Semwanuke washimuswe, ni umugabo w’abana 6, barimo abahungu 4 n’abakobwa 2. Yageze muri iyi nkambi y’impunzi ya Nyarugusu ahunze intambara zo muri RDC, aho yaje aturutse neza mu muhana wa Magunga muri Bibogobogo, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

       MCN.
Tags: SemwanukeTanzaniaUmunyamulengeYashimutiwe
Share25Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakiriye inkingo z’ubushita bw’inkende.

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakiriye inkingo z'ubushita bw'inkende.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?