• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haribazwa niba Abanyamulenge bagiye kugira amahoro nyuma y’uko Colonel André Ekembe, avuye mu Minembwe?

minebwenews by minebwenews
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Colonel Ekembe André wo mungabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, afite amateka yihariye mu kw’ica no kugirira n’abi abaturage ba Banyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Col Ekembe, ari mu basirikare ba FARDC bagaragayeho kwiyemera gusumba abandi bose bakoreye i Mulenge, bya saga nkaho ahanini afite misiyo idasanzwe ku Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Dusanga Colonel André Ekembe, yaratangizanije na ba General benshi, barimo Brig Gen Dieudonne Muhima n’abandi, mukarere ka Haut-Plateau, ariko abo bageranye mu Minembwe bagiye bimurwa bakoherezwa mu bindi bice Ekembe we akomeza kuba mu Minembwe.

Ibi bya teye abaturage ba Banyamulenge kwibaza kuri Colonel Ekembe uwariwe?

Akenshi Colonel Ekembe yagiye yigaragaza ko akomoka mu Ntara ya Équateur ariko nyuma byaje ku menyekana ko avuka mu bwoko bw’Ababembe, ni mugihe amazina ye bwite ya menyekanye.

Nk’uko bya vuzwe amazina ye ni “Ekyembe, Mnga, André.”

N’i biki byaranze Colonel Ekembe Mnga André, mu misozi miremire y’Imulenge?

Agera mu misozi miremire y’Imulenge, yahitiye mukarere ki Tombwe, teritware ya Mwenga, mu Muhana wa Mikenke, ubwo hari mu mwaka w’ 2019 .

Kw’i kubitiro yasenyeye Abanyamulenge, abanyaga ibyabo, ibi yabikoze yivuye inyuma ntacyo yikanga, bigaragaza neza ko yarazi urinyuma ye.

Colonel Ekembe, niwe wahanguye bwa mbere Abasirikare ba FARDC kurasira Abanyamulenge mu Isoko, icyo gihe hapfuye uwitwa RUTIRIRIZA Bibogo, abandi benshi barimo abagore n’abana barakomereka.

Ekyembe kandi niwe wongeye kunyagisha inka zibarirwa mu magana, z’Abanyamulenge zari ahitwa kuri MONUSCO, mu Minembwe.

Nyuma y’ubu yazamutse Mucyohagati cyaza Rwera, agira uruhare runini mu gusenya Kamombo, Nyamara, Mikarati, Kabara n’ahandi. Ubwo Ekembe yasenyaga Kamombo abaturage bari bongeye kuyigarukamo bamaze kubaka.

Colonel Ekyembe, yagize uruhare runini ku bitero byose Maï Maï Bishambuke, yagabye mu Kalingi, guhera mu mwaka w’2019. Ibitero byo mu Kalingi byasize byishe abungeri b’i nka ndetse binyaga n’Inka ibihumbi n’ibihumbi z’Abanyamulenge.

Colonel Ekembe, yavuye mu Minembwe tariki ya 09/01/2024, bivugwa ko yoba yaroherejwe gukorera i Kalemie, mu Ntara ya Tanganyika, mu cyahoze cyitwa Katanga.

Ekembe ari mu basirikare ba FARDC batazibagirana ku bibi byakorewe Abanyamulenge guhera mu mwaka w’2019 kugeza mu ntangiriro z’u mwaka w’2024.

Bruce Bahanda.

Tags: Colonel EkembeFardcKuva mu MinembweUmugizi wanabi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post

Icenda barimo Ingabo za SADC bahasize ubuzima abandi bafatwa mpiri n'Ingabo za General Sultan Makenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?