• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Harris uri kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Amerika, yagaragajwe nkutifitiye icyizere.

minebwenews by minebwenews
September 1, 2024
in Regional Politics
0
Harris uri kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Amerika, yagaragajwe nkutifitiye icyizere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Harris uri kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Amerika, yagaragajwe nkutifitiye icyizere.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni visi perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Harris Kamala, yagaragajwe nk’umuyobozi utifitiye icyizere cyo kuzayobora iki gihugu mu gihe yoramuka atsinze amatora ahatenyemo na Donald Trump.

Aya matora biteganijwe ko azaba mu mpera z’uyu mwaka. Kugira ngo Harris agaragazwe nku muyobozi utifitiye icyizere, byagaragariye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Dana Bash ukorera ikinyamakuru cya CNN, aho cyabaye ku wa 29/08/2024.

Nyuma y’iki kiganiro, umunyamakuru Susan Constantine nawe ukorera CNN yahise atangaza ko ubwo Kamala yasubizaga umunyamakuru, ibimenyetso yabonye akoresha byagaragazaga ko nta cyizere yifitiye.

Susan Constantine yagize ati: “Ubwo nabonaga imyitwarire ye muri rusange, nabonye adafite icyizere cyangwa ngo agaragare nka perezida washobora gukora inshingano ze. Nshingiye ku byo nabonye byose muri iri joro, akwiye guhindura imyitwarire ye mu rurimi rw’ibimenyetso kugira ngo bigaragare ko afite icyizere.”

Uyu musesenguzi yasobanuye ko ubwo Kamala yaganiraga n’uyu munyamakuru, yarebaga hasi inshuro nyinshi, yirinda guhanga amaso uwo baganira . Ati “uburyo yarebaga hasi kenshi bwamwambuye gutuza no kwizerwa. Ubwo yimaga umuntu amaso, ntamwitegereze neza, byagaragaye ko atizeye ibyo yavugaga.”

Harris Kamala yatowe n’ishyaka riharanira demokarasi (democratic Party) kugira ngo azaribere umukandida w’umukuru w’igihugu, nyuma yaho perezida Joe Biden atangaje ko atazahatana bitewe n’ibibazo bitandukanye birimo intege nke z’ubusaza.

Uyu munyamakuru yanavuze kandi ko Kamala yasaga n’utiteguye, Kandi ko adashobora kuziba icyuho cya perezida Joe Biden ufite ubunararibonye bw’imyaka 50 muri politiki ya Amerika. Ariko nubwo biruko Kamala Harris ashyigikiwe n’abavuga rikijana muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, barimo na Barack Obama wigezeho kuyobora iki gihugu.

             MCN.
Tags: Harris KamalaYagaragajwe nkutifitiye icyizere
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, ku wa mbere tariki ya 2/09/2024, hazashyingurwa imibiri y’abantu 200.

I Goma, ku wa mbere tariki ya 2/09/2024, hazashyingurwa imibiri y'abantu 200.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?