• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Harris uri kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Amerika, yagaragajwe nkutifitiye icyizere.

minebwenews by minebwenews
September 1, 2024
in Regional Politics
0
Harris uri kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Amerika, yagaragajwe nkutifitiye icyizere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Harris uri kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Amerika, yagaragajwe nkutifitiye icyizere.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ni visi perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Harris Kamala, yagaragajwe nk’umuyobozi utifitiye icyizere cyo kuzayobora iki gihugu mu gihe yoramuka atsinze amatora ahatenyemo na Donald Trump.

Aya matora biteganijwe ko azaba mu mpera z’uyu mwaka. Kugira ngo Harris agaragazwe nku muyobozi utifitiye icyizere, byagaragariye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Dana Bash ukorera ikinyamakuru cya CNN, aho cyabaye ku wa 29/08/2024.

Nyuma y’iki kiganiro, umunyamakuru Susan Constantine nawe ukorera CNN yahise atangaza ko ubwo Kamala yasubizaga umunyamakuru, ibimenyetso yabonye akoresha byagaragazaga ko nta cyizere yifitiye.

Susan Constantine yagize ati: “Ubwo nabonaga imyitwarire ye muri rusange, nabonye adafite icyizere cyangwa ngo agaragare nka perezida washobora gukora inshingano ze. Nshingiye ku byo nabonye byose muri iri joro, akwiye guhindura imyitwarire ye mu rurimi rw’ibimenyetso kugira ngo bigaragare ko afite icyizere.”

Uyu musesenguzi yasobanuye ko ubwo Kamala yaganiraga n’uyu munyamakuru, yarebaga hasi inshuro nyinshi, yirinda guhanga amaso uwo baganira . Ati “uburyo yarebaga hasi kenshi bwamwambuye gutuza no kwizerwa. Ubwo yimaga umuntu amaso, ntamwitegereze neza, byagaragaye ko atizeye ibyo yavugaga.”

Harris Kamala yatowe n’ishyaka riharanira demokarasi (democratic Party) kugira ngo azaribere umukandida w’umukuru w’igihugu, nyuma yaho perezida Joe Biden atangaje ko atazahatana bitewe n’ibibazo bitandukanye birimo intege nke z’ubusaza.

Uyu munyamakuru yanavuze kandi ko Kamala yasaga n’utiteguye, Kandi ko adashobora kuziba icyuho cya perezida Joe Biden ufite ubunararibonye bw’imyaka 50 muri politiki ya Amerika. Ariko nubwo biruko Kamala Harris ashyigikiwe n’abavuga rikijana muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, barimo na Barack Obama wigezeho kuyobora iki gihugu.

             MCN.
Tags: Harris KamalaYagaragajwe nkutifitiye icyizere
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, ku wa mbere tariki ya 2/09/2024, hazashyingurwa imibiri y’abantu 200.

I Goma, ku wa mbere tariki ya 2/09/2024, hazashyingurwa imibiri y'abantu 200.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?