Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hashinzwe umutwe wa Politike, ufite n’igisirikare, ukaba ugamije gushiraho iherezo rya leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Corneille Nangaa, wahoze akuriye Komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashinze umutwe wa politike ugamije ku rwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshisekedi, witwa “Alliance Fleuve Congo(AFC).”

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Byanamenyekanye ko Corneille Nangaa, yamaze kwihuza n’umutwe wa M23 umaze igihe urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ibivuga n’uko gushira k’umugaragaro uriya mutwe byabereye i Nairobi, mu gihugu ca Repubulika ya Kenya, kuri uyu wa Gatanu, tariki 15/12/2023.

Aho byanavuzwe ko perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, nawe yitabiriye uriya muhango wabereye i Nairobi.

Mu bisobanuro byatanzwe na Nanagaa, yavuze ko uriya mutwe wa AFC, ko urimo imitwe igera mwicumi nirindwi(17) harimo : M23, Pareco,Kyahanda,Fdpc,M.A 64, Frpi, Chini ya Kilima, Zaïre Nyinshi, ndetse bwana Nagaa yanahamije ko Twirwaneho yo mu Minembwe nayo irimo.

Yasoje avuga ko Intego ya AFC ko Ari ugushira iherezo kumakimbirane amaze iminsi mu Burasirazuba bwa RDC.

Ati: “Twafashe icyemezo cyo gukorana kugira ngo duhuze imbaraga hagamijwe kubaka bundi busha leta. Turashaka Congo irimo amahoro arambye.”

Nanga yunzemo ati: “Turashaka kuvana RDC mukaga no kugarurira abanye-kongo icyubahiro cyabo.”

Bwana Corneille Nangaa, kuri ubu yahunze igihugu ca RDC akaba aherereye mu bihugu bya bazungu yahamagariye abanye-kongo bosekumushigikira kugira ngo bashireho iherezo ry’ubutegetsi bwa Kinshasa, ubwo yise bwabajura bamunzwe na ruswa.

Bruce Bahanda.

Tags: AFC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Hashinzwe Umutwe wa Politike, ufite n'Igisirikare, ugamije gushiraho iherezo rya leta ya Kinshasa.

Comments 1

  1. tlovertonet says:
    2 years ago

    Very superb information can be found on blog. “Prayer is the wing wherewith the soul flies to heaven, and meditation the eye wherewith we see God.” by Ambrose of Milan.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?