• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hashinzwe umutwe wa Politike, ufite n’igisirikare, ukaba ugamije gushiraho iherezo rya leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Corneille Nangaa, wahoze akuriye Komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashinze umutwe wa politike ugamije ku rwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshisekedi, witwa “Alliance Fleuve Congo(AFC).”

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Byanamenyekanye ko Corneille Nangaa, yamaze kwihuza n’umutwe wa M23 umaze igihe urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ibivuga n’uko gushira k’umugaragaro uriya mutwe byabereye i Nairobi, mu gihugu ca Repubulika ya Kenya, kuri uyu wa Gatanu, tariki 15/12/2023.

Aho byanavuzwe ko perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, nawe yitabiriye uriya muhango wabereye i Nairobi.

Mu bisobanuro byatanzwe na Nanagaa, yavuze ko uriya mutwe wa AFC, ko urimo imitwe igera mwicumi nirindwi(17) harimo : M23, Pareco,Kyahanda,Fdpc,M.A 64, Frpi, Chini ya Kilima, Zaïre Nyinshi, ndetse bwana Nagaa yanahamije ko Twirwaneho yo mu Minembwe nayo irimo.

Yasoje avuga ko Intego ya AFC ko Ari ugushira iherezo kumakimbirane amaze iminsi mu Burasirazuba bwa RDC.

Ati: “Twafashe icyemezo cyo gukorana kugira ngo duhuze imbaraga hagamijwe kubaka bundi busha leta. Turashaka Congo irimo amahoro arambye.”

Nanga yunzemo ati: “Turashaka kuvana RDC mukaga no kugarurira abanye-kongo icyubahiro cyabo.”

Bwana Corneille Nangaa, kuri ubu yahunze igihugu ca RDC akaba aherereye mu bihugu bya bazungu yahamagariye abanye-kongo bosekumushigikira kugira ngo bashireho iherezo ry’ubutegetsi bwa Kinshasa, ubwo yise bwabajura bamunzwe na ruswa.

Bruce Bahanda.

Tags: AFC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Hashinzwe Umutwe wa Politike, ufite n'Igisirikare, ugamije gushiraho iherezo rya leta ya Kinshasa.

Comments 1

  1. tlovertonet says:
    2 years ago

    Very superb information can be found on blog. “Prayer is the wing wherewith the soul flies to heaven, and meditation the eye wherewith we see God.” by Ambrose of Milan.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?