• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hasobanuwe icyatumye ingabo z’u Burundi zikubita bamwe mu baturage b’i Ndondo zikabahindura intera.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2025
in Conflict & Security
0
Hasobanuwe icyatumye ingabo z’u Burundi zikubita bamwe mu baturage b’i Ndondo zikabahindura intera.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hasobanuwe icyatumye ingabo z’u Burundi zikubita bamwe mu baturage b’i Ndondo zikabahindura intera.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Nyuma y’aho umusirikare wo mu ngabo z’u Burundi ziherereye ku Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira yirashe wenyine agakomereka, bagenzi be bavuze ko yarashwe n’abaturage bo muri ibyo bice, ni ko guhera aho barabakubita kugeza babahinduye indembe!

I Ndondo ya Bijombo igizwe n’imihana ibarirwa mu magana. Binazwi ko ahanini igizwe n’uduce duherereye muri grupema ya Bijombo gusa, nubwo hari abavuga ko ihera kuri Kangwe uvuye mu bice byo mu Cyohagati, ugakomereza na za Gatanga werekeza mu Rurambo.

Ibice hafi yabyose bigize iyi Ndondo ya Bijombo, bituwe n’Abanye-kongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Ubutumwa twahawe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24/06/2025, buvuga ko hari abagabo ba Banyamulenge bo muri ibyo bice by’i Ndondo ya Bijombo baheruka gukubitwa n’ingabo z’u Burundi zihakorera, bikarangira uko gukubitwa kubahinduye kuba abarwayi.

Ni ubutumwa bugaragaza kandi ko bariya bagabo bakubiswe ko ari abo mu gace ka Murambya, gaherereye mu ntera ngufi uvuye ku Wumugethi, ahari ibirindiro by’ingabo za FARDC zikorana byahafi n’izi z’u Burundi.

Ubutumwa bugira buti: “Turaho ariko abandi barwarwaye inkoni. Bakubiswe n’ingabo z’u Burundi ziraha ku Murambya.”

Ubu butumwa buri munyandiko twahawe kuri Minembwe Capital News bukomeza buvuga ko abakubiswe ko ari benshi kandi ko barimo n’abakozi b’Imana nka Mwalimu Ndereya na Mwalimu Fidel.”

Ati: “Hakubiswe benshi barimo abato n’abakuru. Hari nka Mwalimu Ndereya na Mwalimu Fidel.”

Mbere y’uko aba baturage bakubitwa inkoni nyinshi, hari umusirikare wo muri izi ngabo z’u Burundi wagiye ku ruzi kuvoma amazi. Ageze aho yajaga kuyavoma, yirasa ku kuguru. Begenzi be ntibemera ko yirashe, ni ko ku bishinja abantu bo muri uwo muhana wo ku Murambya waraho hafi naho uriya musirikare yari yagiye kuzana amazi yo gukoresha.

Icyakurikiyeho ni uko abasirikare b’u Burundi bafashe bariya bagabo babahata inkoni, benshi muri abo bakubiswe n’ubu bari kwivuza ibisebe, nk’uko aya makuru yakomeje abivuga.

Binavugwa ko uwo musirikare wirashe, yahise yoherezwa i Bujumbura mu Burundi kugira ngo yitabweho avurwe.

Ngayo nguko uko ingabo z’u Burundi zikomeje gutesa abaturage ba Banyamulenge ku butaka bw’igihugu cyabo.

Tags: AbaturageBijomboI NdondoIngabo zu BurundiInkoni
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?